Byinshi wamenya ku Ndwara y’agahinda Gakabije yugarije urubyiruko.

Umubare w’abatari bake mu Isi wugarijwe n’uburwayi bw’agahinda gakabije benshi bita (Depression). Aka si agahinda gasanzwe umuntu agira kagahita gashira ahubwo ushobora kubana nako ibihe byose ku buryo bamwe bageraho bakumva ko ubuzima ntacyo bumaze no kubaho kwabo birutwa no gupfa Kugira agahinda gakabije bifitanye isano n’imiterere ya muntu n’uburyo yakira ibimubayeho bigoye mu buryo  […]

Continuer la lecture

Byinshi  ku cyorezo cya Ebola u Rwanda rukomeje gukurikiranira hafi.

Ebola ni indwara iterwa na virusi yitwa Ebola. Ubwoko bwa Virusi bwayo  bwabonetse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Uganda  bwahawe izina rya “Bundibugyo Virus (BDBV)”. Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), ivuga ko ubusanzwe virusi ya Ebola yibera mu mubiri w’ubwoko bumwe bw’uducurama ntidutere kurwara ariko tukayikwirakwiza. Iyo Minisiteri ivuga ko Ebola yibasira abantu ndetse n’inyamanswa z’inyamabere zo mu […]

Continuer la lecture

La frontière reliant le Rwanda à Goma en RDC a été fermée pour prévenir la propagation d'Ebola

À partir de ce dimanche 17 mai 2026, le Rwanda a fermé temporairement les frontières reliant Rubavu à Goma en raison de l’épidémie d’Ebola qui continue de se propager en République Démocratique du Congo (RDC)‎‎ Le chef de l’arrondissement de Rubavu, Mulindwa Prosper, a déclaré à IGIHE que cette décision vise à protéger la vie des citoyens, tout en leur demandant de supporter ces changements.‎‎Les frontières de Petite Barrière, Grande Barrière […]

Continuer la lecture

OMS yavuze ko Ebola ikomeje gukwira muri RDC na Uganda itaraba icyorezo

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima,  Organisation mondiale de la Santé (OMS)  , ryatangaje ko icyorezo cya Ebola cyibasiye Intara ya Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Conga ( RDC) gihamagarira  inzego z’ubuzima ku  rwego mpuzamahanga kuba maso gusa ashimangira ko bitaragera ku rwego rw’‎icyorezo.‎‎‎OMS yavuze ko kuva Ebola yongeye kwaduka  muri, RDC […]

Continuer la lecture

Imibare yabishwe na Ebola ikomeje kwiyongera nyuma yuko yubuye umutwe muri Congo.

Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (Africa CDC), cyatangaje ko icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho kimaze kwica abantu 65 mu Ntara ya Ituri. Ni ibikubiye mu itangazo iki kigo cyasohoye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi 2026. Africa CDC ivuga ko […]

Continuer la lecture

Amerika: Abantu babiri bagaragaje ibimenyetso bya ‘Hantavirus’

Abantu babiri mu Banyamerika 17 bari mu bwato bwa M/V Hondius bwagaragayemo Hantavirus, bagaragaje ibimenyetso ndetse umwe yasanzwemo imwe muri virusi zigize Hantavirus. Byatangajwe n’urwego rw’ubuzima rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NNS, ndetse rwavuze ko abo Banyamerika bose bari muri ubwo bwato uko ari 17 bahawe indege ibasubiza muri Amerika kugira ngo bajye kwitabwaho […]

Continuer la lecture

Icyorezo gishya cyatangiye guhitana abantu abandi  bararwara.

Abantu batatu bamaze gupfa nyuma y’uko hakekwa ko icyorezo cya hantavirus cyagaragaye mu bwato MV Hondius bwari mu rugendo rwari rutwaye abagera ku 150 baturutse muri Argentine. Mu bapfuye harimo umugabo n’umugore b’Abaholandi bafite imyaka 70 na 69. Umurambo w’undi muntu wa gatatu ukiri mu bwato, mu gihe inzego ziri gutegura uko asubizwa mu gihugu […]

Continuer la lecture

Nyanza: Abaganga bane bakekwaho gutanga serivisi mbi ku mubyeyi warugiye kubyara bafunzwe.

Itsinda ry’abakozi bane b’Ibitaro by’Akarere bya Nyanza, barimo umuganga umwe n’ababyaza batatu, batawe muri yombi bakekwaho guha serivisi mbi umubyeyi witeguraga kubyara bikamuviramo ingorane. Ni igikorwa cyabaye mu mwaka wa 2025, ariko umubyeyi ageza ikirego ku Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), vuba, abo baganga bahita batabwa muri yombi ku wa 28 Mata 2026. Amakuru avuga ko […]

Continuer la lecture

Umwarimu uzigisha mu mashuri abanza agomba kuba yararangije Kaminuza.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’Ibanze, REB, rwatangaje ko uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, igihe kigeze ngo buvugururwe kuko imyaka biga ari mike ikeneye kongerwa. Yavuze ko mu mavugurura ateganywa, umuntu wigisha mu mashuri abanza, agomba kuzajya abanza kurangiza kaminuza. Raporo ya Minisiteri y’Uburezi ku bikorwa byo mu 2024/2025, yashyizwe hanze ku wa 30 […]

Continuer la lecture

Uganda: batangiye guhabwa umuti urinda kwandura Agakoko gatera Sida ufatwa kabiri mu mwaka.

Guverinoma ya Uganda yatangije ku mugaragaro itangwa ry’umuti mushya urinda kwandura Agakoko gatera SIDA witwa Lenacapavir, mu rwego rwo kongera ikibatsi mu guhangana n’icyo cyorezo kimaze imyaka myinshi kibasiye abatuye Isi. Umuti wa Lenacapavir utangwa buri mezi atandatu ndetse utanga amahirwe ya 99,9% yo kurinda uwawuhawe kwandura Virusi itera Sida. Uterwa mu rushinge aho iyo […]

Continuer la lecture

NESA yatangaje uko ingendo z’abanyeshuri bitegura igihembwe cya gatatu zizakorwa.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri, abayobozi b’amashuri, abarezi ndetse n’ababyeyi uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazatangira gusubira ku mashuri kuva ku wa 17-20 Mata 2026. Ni mu itangazo iki kigo cyashyize hanze ku wa 10 Mata 2026. Ni ingengabihe izafasha gutangiza igihembwe cya gatatu ari na cyo cyanyuma cy’umwaka w’amashuri wa […]

Continuer la lecture