Kigali: Abizihije Pasika basabwe gutsinda imbaraga z’umwijima.

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yasabye Abakirisitu ko Pasika yababera igihe cyo kwakira amahoro ya Kirisitu kandi ikaba urumuri rutsinda imbaraga z’umwijima n’ikibi bikomeje kwarika no gushinga imizi mu mitima ya benshi. Yabigarutseho mu gitaramo cya Misa ya Pasika yabereye muri Paruwasi Katedarali Saint Michel i Kigali, mu ijoro ryo ku wa 04 Mata […]

Continuer la lecture

Papa Leo XIV yasabye abashoye Isi mu ntambara gushyira hasi intwaro.

Umushumba wa Kiliziya Gatolika Papa Leo XIV  yasabye abafite ubushobozi bwo gushoza intambara kuyihagarika, n’abafite intwaro kuzishyira hasi yibutsa  abatuye Isi kwemerera imitima yabo ikaganzwa n’urukundo rwa Kristu Yezu. Yabigarutseho kuri iki Cyumweru tariki ya 05 Mata 2026, hanizihizwa umunsi mukuru wa Pasika. Papa Leo XIV yanenze ukuntu Isi isa nkaho itita ku ntambara zirimo kuba aho […]

Continuer la lecture

Umupilote w’Umunyamerika wari waguye muri Iran yatabawe.

Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yishimye cyane ndetse ashima n’Ingabo za Amerika ubwo yatangazaga ko umwe mu bapilote b’indege y’intambara ya Amerika yaguye muri Iran yabonetse “kandi afite umutekano.” Mu itangazo rye, ku rubuga rwe nkoranyambaga, Truth Social, Perezida Trump yavuze ko indege yavuze ko uyu mupilote w’umukoloneli, […]

Continuer la lecture

Masisi: Imirwano ikomeye irarimbanyije hagati ya AFC/M23 na Wazalendo.

Imirwano ikaze iravugwa kuva mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Mata 2026, muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru aturuka muri ako gace agera ku rubuga Kivu Morning Post, dukesha iyi nkuru, aravuga ko imirwano yahuje abarwanyi ba AFC/M23 n’inyeshyamba zo […]

Continuer la lecture

Kenya: Abacuruza lisansi bashinjwe kurenza igiciro cyashyizweho na leta.

Sitasiyo za lisansi muri Kenya zikomeje gushinjwa kugurisha lisansi na mazutu ku giciro kirenze icyashyizweho na leta. Itangazamakuru ryo muri Kenya rivuga ko kuri ubu litiro ya lisansi igurishwa amashilingi 200 (2.245 Frw). Ibi bibaye mu gihe Ikigo gishinzwe ingufu n’ibikomoka kuri Peteroli muri Kenya (EPRA) ku wa 14 Werurwe 2026 cyari cyatangaje ibiciro bishya […]

Continuer la lecture

Nshuti Innocent yambitse impeta umukunzi we bitegura kurushinga.

Nshuti Innocent, rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” na Wedfaq Ajdabiya yo muri Libya, yambitse impeta umukunzi we, Uwase Nice bamaze igihe bakundana amusaba kumubera umugore. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Mata 2026, ni bwo uyu mukinnyi yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze buhuriyeho na bombi, abukurikiza amagambo yuje urukundo. Yagize ati: “Ndacyishimiye ko […]

Continuer la lecture

Umuhanzi Shallipopi wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Laho’ agiye gutaramira i Kigali.

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria Crown Uzama uzwi cyane mu muziki nka Shallipopi wamamaye mu ndirimbo zikunzwe n’urubyiruko hirya no hino muri Afurika, yatangajwe nk’umuhanzi mukuru w’igitaramo “Africast Fest: A Shallipopi Xperience” kizabera i Kigali ku wa 29 Gicurasi 2026. Africast Fest: NI igitaramo gitegurwa ku bufatanye bwa SKOL Malt na Bank ya Kigali, kikaba kiri […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yananiwe Gicumbi FC ,itangira guhunga igikombe cya shampiyona.

Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Gicumbi FC 0-0 mu mukino wo ku munsi wa 26 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ,amahirwe yo gutwara igikombe cya shampiyona atangira kuyoyoka. Uyu mukino wakinwe kuri uyu wa Gatandatu saa Kumi Nebyiri n’iminota 30 kuri Kigali Pele Stadium. Mu minota itanu ya mbere umukino wagendaga gacye […]

Continuer la lecture

Umukinnyi wa filime Clapton Kibonge yakoze ubukwe n’umugore we Ntambara Jacky.

Umunyarwenya akaba n’umwanditsi wa Filime Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge yakoze ubukwe n’umugore we Mutoni Ntambara Jacky bari bamaranye imyaka umunani bubakanye umuryango. Ni ubukwe bwaranzwe n’umuhango wo gusaba no gukwa byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Mata 2026 bibera Rwempasha mu Karere ka Nyagatare. Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye babarizwa mu myidagaduro […]

Continuer la lecture

Dore ibintu 10 wakorera umukunzi wawe agahora akwirahira.

Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje cyangwa se k’ibanga ujye ukoresha kumwongorera, kuko ibi bituma yumva ibizongamubiri n’itandukaniro […]

Continuer la lecture

BAL 2026: Craig Randall yanditse amateka mashya mu mukino RSSB Tigers yanyagiyemo Dar City.

Ikipe ya RSSB Tigers yo mu Rwanda ku nshuro yayo ya mbere yitabiriye imikino ya Basketball Africa League, yakoze amateka yo gutsinda imikino ine yukurikiranya nyuma yo gutsinda Dar City amanota 104-92. Iyi kipe ihagarariye u Rwanda, yanditse aya mateka nyuma y’uko ibaye kandi n’iya mbere yabonye itike iyijyana mu mikino ya nyuma ya kamarampaka […]

Continuer la lecture