“Kwibuka ni ibya buri muntu wese, bikaba umwihariko ku Banyarwanda”-Dr Murangira
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangir B Thierry, yavuze ko iyo abantu basobanukiwe impamvu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari ibya buri wese, bituma birinda ibyaha. Yabivuze kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Mata 2026, mu kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri Tereviziyo y’u Rwanda. Ni mu gihe habura amasaha make ngo u Rwanda rwifatanye n’Isi […]
Continuer la lecture
