Hatangijwe umushinga w’ikoranabuhanga ryanditsemo amazina y’abishwe muri Jenoside

Umuryango utari uwa Leta w’Abongereza uharanira kurwanya Jenoside ku Isi, Aegis Trust, watangije umushinga w’ikoranabuhanga rizajya ryifashishwa mu kwibuka amazina y’Abatutsi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni umushinga wiswe ‘Inkingi z’Amazina y’Abacu’ wamuritswe ku wa 14 Gicurasi 2026. Ugizwe n’amazina agaragara mu buryo bwa 3D agenda agakora inkingi. Ni umushinga wavutse ku gitekerezo cya […]

Continuer la lecture

L’Afrique, en valorisant ses ressources, peut surmonter les problèmes économiques mondiaux - Président Kagame.

Le Président de la République du Rwanda, Paul Kagame, a déclaré que l’Afrique a de nombreuses chances de devenir le continent le plus riche du monde, mais qu’il lui manque de valoriser ses ressources, notamment l’énergie propre, les minéraux précieux très demandés dans le monde, ainsi que sa population nombreuse et active. Il a souligné que les pays africains devraient s’unir et […]

Continuer la lecture

Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga menshi – Perezida Kagame yavuze buryo Afurika yamburwa ikanahanwa.

Perezida Kagame yavuze ko ibihano bimaze iminsi bishyirirwaho ibihugu birimo n’u Rwanda, bitaboneye, kuko biba biri mu nyungu za bamwe bitewe n’ibyo bemereye ibihugu bikomeye Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’Umunyamakuru wa CNN, Eleni Giokos, gifungura inama ya Africa CEO Forum. Abayobozi barenga 2800 bitabiriye iyi nama barimo abakuru b’ibihugu n’abayobozi b’ibigo bikomeye byo […]

Continuer la lecture

Ngororero: Ukora kwa Muganga yatawe muri yombi akekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi wo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore wo mu Murenge wa Gatumba, Akarere ka Ngororero, usanzwe akora kwa muganga  aho akekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi we wo mu rugo. Mu butumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X rwa RIB kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13 Gicurasi 2026, yavuze ko uyu mugore afungiye kuri Sitasiyo ya RIB […]

Continuer la lecture

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90.

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Mu itangazo inzego zishinzwe ubutabazi muri Uttar Pradesh zanyujije ku mbuga nkoranyambaga zatangaje ko inkubi y’umuyaga yibasiye iyi ntara ku wa 13 Gicurasi 2026. Riti “Ibiza birimo inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura byibasiye Intara ya Uttar […]

Continuer la lecture

Nyanza:Polisi yafashe itsinda ry’abagabo 3 bakekwaho ubujura bwa moto.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage bakomeje gukumira abakora ibikorwa bitemewe bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage birimo n’ubujura bwa Moto. Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage bakomeje gukumira abakora ibikorwa bitemewe bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage birimo n’ubujura bwa Moto. Ni muri urwo […]

Continuer la lecture

Polisi yafunze batandatu bakekwaho kubeshya ko bafasha abantu kujya kwiga muri Canada.

Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko ku bufatanye n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), yataye muri yombi abantu batandatu bakekwaho gushuka urubyiruko barwizeza kubona amahirwe yo kujya kwiga muri Canada. Ni mu itangazo RNP yashyize hanze ku wa 13 Gicurasi 2026. Mu itangazo RNP yanyujije ku mbuga nkoranyambaga yagize iti “Abafashwe barimo kubazwa kugira ngo hakorwe iperereza no […]

Continuer la lecture

Ubushinjacyaha bwajuririye umwanzuro wo gufungura DJ Toxxyk.

Ubushinjacyaha bwajuririye umwanzuro w’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ku rubanza rwa Shema Arnaurd De Bosscher wamenyekanye mu kuvangavanga imiziki uzwi nka DJ Toxxyk. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda, Nkusi Faustin, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko ubu bujurire bwagejejwe ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. DJ Toxxyk yakurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye […]

Continuer la lecture

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe.

Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea, yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo muri Afurika (Africa CEO Forum), itegerejwemo Abakuru b’Ibihugu batandatu, barimo n’u Rwanda Paul Kagame. Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, aho ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’u […]

Continuer la lecture

Perezida w’u Bufaransa Macron yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya.

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ibyishimo yatewe n’ibihe byiza yagiriye muri Kenya, birimo gusonga (kwarika) ubugari bwa kawunga no kuburisha imboga za Sukuma Wiki zikunzwe muri Kenya. Mu mashusho yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Emmanuel Macron yashimiye Igihugu cya Kenya n’Umukuru wacyo, William Ruto. Ni nyuma yuko i Nairobi […]

Continuer la lecture

Bien Aimé yongewe mu bazaririmba mu mikino ya nyuma ya BAL i Kigali.

Umuhanzi Bien-Aimé Baraza wo muri Kenya, yongewe mu bazataramira abazitabira Imikino ya nyuma y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) rigiye kubera mu Mujyi wa Kigali. Iri rushanwa rya BAL rigarutse mu Rwanda ku nshuro ya gatandatu rizatangira ku wa 22 kugeza ku wa 31 Gicurasi 2026. Ni mu mikino izabera muri BK Arena, ndetse abahanzi […]

Continuer la lecture