Gusubukura ibitero kuri Iran byari kwagura intambara no mu bindi bice

Umutwe udasanzwe w’Ingabo za  Iran, IRGC watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel iyo bibeshya bagasubukuru ibitero baherutse gusubika, intambara bahanganyemo yari gukwira mu bice birenze Uburasirazuba bwo Hagati ikomeje kuberamo. ‎Ku Cyumweru tariki 17 Gicurasi 2026 Perezida wa Amerika Donald Trump, yatangaje ko we na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, bashobora […]

Continuer la lecture

Uganda: Mu rugo rwa Anita Among wahoze ari Perezida w’inteko Ishinga Amategeko hasanzwe intwaro

Inzego z’Umutekano muri Uganda zafatiye intwaro mu rugo rw’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Annet Among, nyuma y’iminsi itanu basaka urugo rwe. Izi ntwaro zije zikururikira gufatira imodioka ze ebyiri zirimo Range Rover na Rolls-Royce Cullinan ifite agaciro k’ibihumbi 400 by’Amadolari zajyanywe ku cyicaro cya Polisi ku wa 18 Gicurasi 2026. Among yayoboye Inteko […]

Continuer la lecture

Umutingito wahitanye babiri abarenga 7000 bava mu byabo mu Bushinwa

Umutingito uri ku gipimo cya 5.2 ku bipoko bya magnetude,  wibasiye agace ka Guangxi mu Majyepfo  y’Uburengerazuba bw’u Bushinwa, uhitana abantu babiri  abarenga 7,000 bo mu mujyi wa Liuzhou barahunga.‎‎Uyu mutingito wibasiye u Bushinwa mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Gicurasi 2026.‎‎Ibinyamakuru by’imbere mu Bushinwa byatangaje ko abantu babiri bamaze kwemezwa ko […]

Continuer la lecture

Amerika na Israel bashobora gusubukura ibitero kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora guhura n’akaga gakomeye, mu gihe yakomeza kwinangira akanga gusinya amazerano yo guhagarika intambara bahanganyemo.‎‎Trump yabitangaje unyuze ku rubuga rwa Truth Social kuri iki Cymweru, avuga ko igihe gikomeje kugenda ndetse ko bigabanya amahirwe ya Iran yo gusinya amasezerani yo guhagarika intambara.‎‎Iran ihakana […]

Continuer la lecture

La frontière reliant le Rwanda à Goma en RDC a été fermée pour prévenir la propagation d'Ebola

À partir de ce dimanche 17 mai 2026, le Rwanda a fermé temporairement les frontières reliant Rubavu à Goma en raison de l’épidémie d’Ebola qui continue de se propager en République Démocratique du Congo (RDC)‎‎ Le chef de l’arrondissement de Rubavu, Mulindwa Prosper, a déclaré à IGIHE que cette décision vise à protéger la vie des citoyens, tout en leur demandant de supporter ces changements.‎‎Les frontières de Petite Barrière, Grande Barrière […]

Continuer la lecture

OMS yavuze ko Ebola ikomeje gukwira muri RDC na Uganda itaraba icyorezo

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima,  Organisation mondiale de la Santé (OMS)  , ryatangaje ko icyorezo cya Ebola cyibasiye Intara ya Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Conga ( RDC) gihamagarira  inzego z’ubuzima ku  rwego mpuzamahanga kuba maso gusa ashimangira ko bitaragera ku rwego rw’‎icyorezo.‎‎‎OMS yavuze ko kuva Ebola yongeye kwaduka  muri, RDC […]

Continuer la lecture

Israel yivuganye umuyobozi mukuru muri Hamus

Igisirikare cya Israel, IDF cyatangaje ko cyishe, Izz al-Din al-Haddad, umuyobozi mu gisirikare cya Hamas mu gitero cy’indege giherutse kugabwa ku mujyi wa Gaza. Umuyobozi mukuru muri Hamas, wavuganye n’itangazamakuru utifuje ko amazina ye atangazwa, yemeje ko Izz al-Din al-Haddad, wavutse mu 1970, yapfiriye muri icyo gitero koko. Umuvugizi wa Hamas muri Gaza, Hazem Qassem, […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin yakiriye mugenzi we wa Côte d’Ivoire Robert Beugré Mambé bagirana ibiganiro byibanze ku bufatanye mu nzego zitandukanye. Ni ibiganiro byabaye ku gicamutsi cyo kuri uyu ku wa 15 Gicurasi 2026. Minisitiri w’Intebe Robert Beugré Mambé ari mu Rwanda aho yitabiriye inama ya 13 ya Africa CEO Forum ihuza […]

Continuer la lecture

Le Rwanda s’apprête à accueillir une conférence sur l’utilisation de l’énergie nucléaire en Afrique

Le Rwanda s’apprête à accueillir la Conférence Africaine sur l’utilisation de l’énergie nucléaire qui se tiendra à Kigali du 18 au 21 mai 2026 au Kigali Convention Centre. Cette conférence, connue sous le nom de « Nuclear Energy Innovation Summit for Africa », réunira des chefs d’État, des représentants de leurs pays, des experts en technologie, ainsi que des experts en énergie nucléaire, afin d’examiner comment […]

Continuer la lecture

Perezida Xi Jinping yaburiye Trump ko ibihugu byombi bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye mugenzi we, Donald Trump,wa Amerika ko ibihugu byombi bishobora kugirana amakimbirane akomeye kubera ikibazo cya Taiwan mu gihe kitakwitabwaho neza. Aya magambo akakaye, Xi Jinping yayatangaje ubwo basozaga inama yabereye i Beijing yahurije hamwe abakuru b’ibihugu byombi ndetse n’abayobozi bakuru kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 mu […]

Continuer la lecture

‎Trump yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri  rwitezweho ko abakuru n’ibihugu byombi baganira ku mutekano wo mu Burasirazuba bwo Hagati, ubufatanye mu by’ubucuruzi ndetse n’izindi ngingo zishamikiyeho.‎‎Ni uruzinduko Trump yatangiye kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026.‎‎Mu cyubahiro cyinshi n’urugwiro, Trump yakiriwe na Visi Perezida w’u Bushinwa, […]

Continuer la lecture