La frontière reliant le Rwanda à Goma en RDC a été fermée pour prévenir la propagation d'Ebola

Économie Éducation et Santé NOUVELLES

Kuva kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026, u Rwanda rwafunze by’agateganyo imipaka ihuza Rubavu na Goma kubera icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira muri Repubulika Iharabira Demokalasi ya Congo (RDC)

‎Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yabwiye IGIHE ko iki cyemezo kigamije kurinda ubuzima bw’abaturage, anasaba abaturage kwihanganira izi mpinduka.

‎Imipaka ya Petite Barrière, Grande Barrière na Kabuhanga ni yo yafunzwe, mu gihe uwa Rusizi na Bukavu ugifunguye.

‎Inzego z’ubuzima zikomeje gusuzuma abantu bambuka bava muri RDC mu rwego rwo kwirinda ko yakomeza gukwirakwira.

Indi nkuru wasoma: OMS yavuze ko Ebola ikomeje gukwira muri RDC na Uganda itaraba icyorezo
https://rwandanews24.com/oms-yavuze-ko-ebola-ikomeje-gukwira-muri-rdc-na-uganda-itaraba-icyorezo/


‎Icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara mu Ntara ya Ituri, aho hamaze kuboneka abanduye 336 n’abapfuye 87 nk’uko, Ikigo cya Africa gishinzwe gukumira no kurwanya indwara, Afurika CDC yabitangaje.

U Rwanda rwafunze imipaka uruhuza na Goma muri RDC mu rwego rwo kwirinda ko ikwirakwira rya Ebola, ikomeje kugaragara muri iki gihugu.

Que pensez-vous de cet article ?

0%
aimer

J'aime

0%
amour

Amour

0%
heureux

Heureux

0%
haha

Haha

0%
triste

Triste

0%
en colère

En colère

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *