Umweyo uvuye gukubura I Karongi wageze I Rusizi unyuzwa muri Njyanama na Nyobozi uhitana guverineri

Nyobozi y’inama Njyanama y’akarere ka Rusizi ndetse na bamwe mu bagize nyobozi y’akarere bamaze kwandika amabaruwa yegura mu nshingano zabo ndetse na guverineri w’intara y’I burengerazuba avanwa mu nshingano. Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko ahagana mu masaha ya saa tanu nibwo aba bayobozi banditse amabaruwa basaba kwegura nyuma y’inama idasanzwe yari yateranye uyu munsi […]

Continuer la lecture

Botswana: Ishyaka ryari rikaze muri politiki ryatsinzwe amatora

Kuri uyu wa gatanu (ejo hashize), Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yatunguranye, yatumye ishyaka rye riharanira demokarasi (BDP) ritsindwa nyuma y’imyaka 58 riri ku buyobozi. Perezida watowe ni umunyamategeko, Duma Boko w’imyaka 54 y’amavuko. Ni umuyobozi w’urugaga ruharanira impinduka muri demokarasi (UDC), rwatsindiye imyanya 31 yari ikenewe kugirango, rugire ubwiganze […]

Continuer la lecture

How tourism in Rwanda paid money in the first half of 2024

Tourists who visited Rwanda from various parts of the world spent $267.71 million on goods and services in the first half of 2024, a new survey by National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) shows. This represents an increase of almost 12 per cent compared to $236.2 million visitors spent in the first half of […]

Continuer la lecture

RDC: Inama y’Abepisikopi yahaye umukoro Perezida Thsisekedi

Inama y’Igihugu y’Abepisikopi Gatulika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Umukuru w’Igihugu kugira icyo akora kugira ngo ibintu bijye ku murongo muri iki Gihugu byumwihariko mu rwego rw’umutekano, ubukungu ndetse na Politiki, mu rwego rwo kuzanira ineza Abanyekongo. Inama y’Abapesikopi muri Congo, CENCO (Conférence Episcopale Nationale du Congo) yatanze iki cyifuzo mu itangazo ryashyizweho […]

Continuer la lecture

Hari ibice by’umubiri Virusi ya Marburg ishobora kumaramo igihe kinini itarashiramo

Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko Virus ya Marburg hari ibice by’umubiri ishobora kumaramo igihe kirenga umwaimo amasohoro, ku buryo umugabo wayikize agomba kuwumara adakora imibonano mpuzabitsina idakingiye. Byatangajwe n’Umuyobozi ushinzwe Iterambere ry’Abakozi bo kwa Muganga muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Nkeshimana Menelas, wavuze ko Virus ya Marburg itera indwara ya Marburg, idasanzwe nk’uko byakunze kuvugwa. Avuga ko […]

Continuer la lecture

Gen  James Kabarebe  yamennye ibanga  ryafashije ingabo z’u Rwanda gutsinda intambara y’abacengezi

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagaragaje ko intambara y’abacengezi yatangiriye mu Majyaruguru y’u Rwanda ishyigikiwe n’abaturage, ariko abinjijwe mu gisirikare bavanywe mu gicengezi bafatanyije n’ingabo z’Inkotanyi bararwana ndetse batsinda intambara. Intambara y’abacengezi yabaye kuva mu 1997 kugeza mu 1998 ariko yashyizweho akadomo neza mu 2000. Yari […]

Continuer la lecture

MONUSCO iravugwaho ubugambanyi ifatanyije na FDLR

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, ryongeye gushinja Ingabo za Loni ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) gukorana n’abarimo FDLR. FDLR ni umwe mu mitwe igize ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo zimaze igihe zirwana na M23. Impande zombi kuri ubu zimaze icyumweru kirenga zirwanira muri […]

Continuer la lecture

Meya wa Rulindo n’uwahoze ari gitifu w’umurenge rurageretse, ubuyobozi bw’akarere na Njyanama barumye gihwa

Umuyobozi w’akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith, yongeye kujya mu mitsi na Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta n’umurimo (NPSC) yari yamusabye gusubiza mu kazi Gitifu w’umurenge yirukanye amurenganya, ayumvisha ko ikwiye guha agaciro impamvu yashingiyeho yirukana uriya mukozi. Ku wa 7 Ukwakira ni bwo NPSC yari yandikiye Meya Mukanyirigira imwibutsa ko agomba gushyira mu bikorwa umwanzuro […]

Continuer la lecture

Drones yateje ibibazo FARDC muri Kivu

Mu gitondo cya none ku wa kabiri tariki ya 22/10/2024, ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), zikorera mu Minembwe zazindutse mu kajagari kenshi, nyuma yuko drone yabo yaburiwe irengero ubwo yerekeraga mu bice bya Runundu.   Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko kuva igihe cy’isaha ya saa kumi n’ebyiri zo muri iki […]

Continuer la lecture

RED – TABARA ngo yaba igiye gushyirwaho iherezo

Umutwe w’inyeshamba wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi uheruka kwirukanwa mu Mibunda muri Kivu y’Amajy’epfo, aho wari warahungiye nyuma y’uko utangiye kugabwaho ibitero simusiga by’ihuriro ry’ingabo z’u Burundi, iza RDC hamwe n’umutwe wa Maï Maï Yakutumba. Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka nibwo Maï Maï ku bufasha bw’Ingabo z’u Burundi zo mu itsinda […]

Continuer la lecture

Rulindo : Bombori Bombori hagati y’umuyobozi w’ishuri n’umwungirije

Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Shyorongi akagari ka Kijabagwe, ku ishuri rya GS Musenyi umuyobozi w’Ishuri wungirije ushinzwe amasomo ari mu mazi abira nyuma yo gutanga amakuru y’ubujura bukorerwa mu kigo n’amanyanga yabaye mu masoko,none uyu munsi akaba abizira. Ni ibibazo byagaragajwe mu bihe bitandukanye n’uwitwa Nkurunziza Patrick,akaba ari n’umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo muri iri […]

Continuer la lecture