Abigaragambya muri Ghana bakomeje guhura n’uruva gusenya

Abarenga 100 bashyigikiye Perezida mushya wa Ghana, John Mahama batawe muri yombi bashinjwa ibikorwa by’urugomo. Aba bateye ibigo bitandukanye bya Leta, basahura imitungo, banahangana n’Abapolisi n’Abasirikare. Aba kandi banateye ibiro 2 bya Komisiyo y’Amatora, bashinja iyi komisiyo ngo gutinda gutangaza ibyavuye mu matora yabaye ku wa Gatandatu w’Icyumweru gishize. Bavuga kandi ko batemera bimwe mu […]

Continuer la lecture

Hatangajwe gahunda y’ingendo z’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

  Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) bwashyize hanze gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikiwe ku biga by’amashuri ubwo bazaba basubira mu miryango mu biruhuko by’igihembwe cya mbere, izatangira tariki 19 Ukuboza 2024. Iyi gahunda yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Ukuboza 2024, igaragaza ko izi ngendo zizatangira tariki 19 Ukuboza 2024, […]

Continuer la lecture

Utubari, Amahoteli n’ahabera imyidagaduro byemerewe gukora bigakesha

Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahotel utubari, utubyiniro na za resitora, hongerewe amasaha yo gukora nijoro. Ibikorwa birimo amahoteli, utubari, resitora n’utubyiniro byemerewe gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, naho kuva ku wa Gatanu kugera […]

Continuer la lecture

Ibitaro La Croix du Sud bibaye ibya mbere mu kuvura kanseri zitandukanye

Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza imyaka 30 bimaze bishinzwe, ibitaro La Croix du Sud bizwi nko Kwa Nyirinkwaya, byatangije ibikorwa byo kwakira no kuvura abarwayi kanseri. Iki gikorwa kikaba cyatangijwe ku mugaragaro ku itariki ya 4 Ukuboza 2024 aho inzobere mu kuvura kanseri Dr Lohit RedPa yakiraga ndetse agatangira gusuzuma abarwayi ba mbere. Ubu bufatanye […]

Continuer la lecture

Amakipe yose azakina igikombe cy’Isi yamenye amatsinda abarizwamo

  Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Paris Saint Germain yisanze mu itsinda rimwe na Atletico Madrid, Botafogo na Sounders FC. Iyi tombola igaragaza uko amakipe azahura mu matsinda yabaye ku mugoroba ku wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024 ibera mu Mujyi wa Miami […]

Continuer la lecture

Hagiye gushorwa miliyari zirenga 100 muri serivisi yo gutwara abagenzi

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, BAD, yemereye Guverinoma y’u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 100 z’amadolari ya Amerika (miliyari 138,8 Frw) yo kuyifasha guteza imbere urwego rwo gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali. BAD yatangaje ko abatega moto bakabaye bagabanyuka, aho kwiyongera, kuko ari moto ari kimwe mu biteza impanuka nyinshi mu […]

Continuer la lecture

Rubavu: Abaturiye ikimoteri cya Rutagara baratabaza

Abaturage baturiye n’abanyura hafi y’Ikimoteri cya Rutagara giherereye mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko babangamiwe n’umunuko ugiturukamo. Kuzura kw’iki kimoteri ni ikibazo gikomeye ku baturage kuko  bifuza ko gitunganywa, dore ko n’umushinga wahahoze ubyaza imyanda ifumbire wahagaze. Ikimoteri cya Rutagara kibangamiye abagituriye, abakijyanamo imyanda ndetse n’abahanyura. Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa […]

Continuer la lecture

Ibiza byishe abantu 48 mu mezi atatu -MINEMA

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. MINEMA  ivuga ko mu bapfuye,  babiri bahitanywe n’inkongi y’umuriro, umwe ahitanwa n’umwuzure abandi 30 bakubitwa n’inkuba naho 13 baguye mu birombe, umwe ahitanwa n’imvura naho umwe ahitanwa n’inkubi y’umuyaga. Imvura […]

Continuer la lecture

UNESCO yemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo kwinjiza Intore mu murage w’isi

Umuryango w’Abibumbye binyuze muri UNESCO wemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo kwinjiza Intore mu murage w’isi, abahanga mu muco n’amateka bagaragaza ko guhamiriza kw’intore gukubiyemo umuco w’u Rwanda ukaba umwihariko utasanga ahandi ku isi. Intore zibumbatiye amateka n’umuco by’u Rwanda, uku guhamiriza kwabagaho nyuma yo kwiga byinshi mu itorere ry’igihugu. Intore Masamba agira ati “Narahamirije bihagije, […]

Continuer la lecture

Patrick Gihana agiye kumurika igitabo cye yise”Humura mwana”

  Nyuma yo kumenyekana mu ruhando rwa muzika, Umuhanzi Patrick Gihana yamaze kwinjira mu rwego rw’ abanditsi, aho mu mins itarambiranye agiye kumurika igitabo gikozwe mu buryo bw’ inkuru ishushanyije yise”Humura Mwana”. Mu kiganiro n’ ikinyamakuru  RWANDANEWS24, uyu muhanzi avuga ati”  Nyuma yo kwandika igitabo “Humura Mwana” nk’ inkuru yigisha cyane cyane ABANA amateka mabi […]

Continuer la lecture

Muri DRC hadutse icyorezo cy’amayobera kimaze kwica abasaga 70

Minisiteri y’ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko abantu nibura 79 bishwe n’indwara itaramenyekana iteza ibimenyetso bimeze nk’iby’ibicurane, yadutse mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’icyo gihugu. Mu itangazo yasohoye ku rubuga nkoranyambaga X, minisiteri y’ubuzima ivuga ko iyo ndwara yamenyekanye guhera ku itariki ya 24 Ukwakira (10) uyu mwaka, benshi mu bo imaze kwica […]

Continuer la lecture