Abantu batandatu barimo na Gitifu w’Akarere ka Rulindo batawe muri yombi

NOUVELLES

Biravugwa ko abakozi b’akarere ka Rulindo barimo na Gitifu w’ako batawe muri yombi bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Kigali Today iravuga ko amakuru yizewe ifite, ari uko mu batawe muri yombi harimo n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Rulindo, Kanyangira Ignace.

 

Biravugwa ko baba baranyereje amafaranga ataramenyekana umubare, mu ngengo y’imari igenewe kubaka umuhanda umwe muri ako karere.

Que pensez-vous de cet article ?

0%
aimer

J'aime

0%
amour

Amour

0%
heureux

Heureux

0%
haha

Haha

0%
triste

Triste

0%
en colère

En colère

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *