Nigeria yakuyeho Visa ku Banyarwanda mu gihe cy’iminsi 30.

Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka muri Nigeria (NIS), rwatangaje ko rwatangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cya Perezida w’iki guhugu, Bola Ahmed Tinubu, cyo gukuraho visa ku Banyarwanda mu gihe cy’iminsi 30. Perezida Tinibu yatangaje iki cyemezo nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, ubwo yari i Kigali mu nama ihuza abayobozi b’ibigo […]

Continuer la lecture

Umunyamakuru Murindahabi Iréné agiye gukora ubukwe n’inkumi yo mu Bubiligi.

Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné yemeje itariki y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane, umukobwa utuye mu Bubiligi bamaze igihe bakundana. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, M. Iréné yateguje ko ubukwe bwe buzaba ku wa 15 Kanama 2026. Yabwiye uyu mukobwa ati “Ndagukunda cyane”. Nta makuru menshi aratangazwa ku bukwe bwa M. Iréné na Nishimwe Liliane cyane […]

Continuer la lecture

Israel yivuganye umuyobozi mukuru muri Hamus

Igisirikare cya Israel, IDF cyatangaje ko cyishe, Izz al-Din al-Haddad, umuyobozi mu gisirikare cya Hamas mu gitero cy’indege giherutse kugabwa ku mujyi wa Gaza. Umuyobozi mukuru muri Hamas, wavuganye n’itangazamakuru utifuje ko amazina ye atangazwa, yemeje ko Izz al-Din al-Haddad, wavutse mu 1970, yapfiriye muri icyo gitero koko. Umuvugizi wa Hamas muri Gaza, Hazem Qassem, […]

Continuer la lecture

Perezida Touadéra yakiriye General Nyakarundi n’itsinda ayoboye.

Kuri uyu wa Gatanu Perezida wa Repubulika ya Santarafurika, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) zari ziyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, hamwe n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Ambasaderi Olivier Kayumba. Iyi nama yakurikiye ibiganiro bagiranye na Gen Zéphirin Mamadou, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Santarafurika. Ibi […]

Continuer la lecture

Huye: Abana batatu bahiriye mu nzu, umwe arapfa.

Abana batatu bahiriye mu nzu, bagejejwe kwa muganga, umwe ahita apfa, bitewe n’inkongi y’umuriro Polisi yavuze ko yatewe n’amashanyarazi. Byabaye mu masaha ya saa mbili za nimugoroba ku wa 14 Gicurasi 2026, bibera mu Mudugudu wa Nyarurembo, Akagari ka Gitwa, Umurenge wa Tumba, ho mu Karere ka Huye. Nyir’urugo rwahiye, Mukamazimpaka Marie Louise, ari na […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Ingabo wa Israel yashinje Lamine Yamal kwangisha abantu Abayahudi.

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yanenze Rutahizamu wa FC Barcelone, Lamine Yamal, wagaragaye afite ibendera rya Palestine ubwo abakinnyi b’iyi kipe y’i Catalonia bari mu birori byo kwishimira igikombe cya Shampiyona ya Espagne batwaye. Israel Katz yavuze ko ibyo Lamine Yamal yakoze ari igikorwa cyo gukwirakwiza urwango no gukangurira abantu kurugira. Yamal w’imyaka 18 […]

Continuer la lecture

APR FC yegukanye igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kunganya kwa Rayon Sports

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League 2025/26, nyuma y’uko Rayon Sports inganyije na Gorilla FC igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 32 wa Shampiyona. Umukino wa Rayon Sports na Gorilla FC wakinwe ku mugoroba wo kuri uyu wa 5 tariki 15 Gicurasi 2026 kuri Kigali Pele Stadium. Gorilla […]

Continuer la lecture

Aston Villa yongeye gusubira muri UEFA Champions League nyuma y’umwaka umwe

Ikipe ya Aston Villa yabonye itike yo kuzakina imikino ya UEFA Champions League y’umwaka utaha w’imikino nyuma yo gutsinda Liverpool ibitego 4-2 mu mukino wa Shampiyona. Uyu mukino wabaye mu ijoro ryatambutse ryo kuri uyu wa gatanu tariki 15 Gicurasi 2026 kuri Sitade ya Aston Villa, Villa Park, ukaba wari umukino w’umunsi wa 37 wa […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yakiriye mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin yakiriye mugenzi we wa Côte d’Ivoire Robert Beugré Mambé bagirana ibiganiro byibanze ku bufatanye mu nzego zitandukanye. Ni ibiganiro byabaye ku gicamutsi cyo kuri uyu ku wa 15 Gicurasi 2026. Minisitiri w’Intebe Robert Beugré Mambé ari mu Rwanda aho yitabiriye inama ya 13 ya Africa CEO Forum ihuza […]

Continuer la lecture

Le Rwanda s’apprête à accueillir une conférence sur l’utilisation de l’énergie nucléaire en Afrique

Le Rwanda s’apprête à accueillir la Conférence Africaine sur l’utilisation de l’énergie nucléaire qui se tiendra à Kigali du 18 au 21 mai 2026 au Kigali Convention Centre. Cette conférence, connue sous le nom de « Nuclear Energy Innovation Summit for Africa », réunira des chefs d’État, des représentants de leurs pays, des experts en technologie, ainsi que des experts en énergie nucléaire, afin d’examiner comment […]

Continuer la lecture

Michael Carrick azakomeza kuba umutoza wa Manchester United

Michael Carrick azakomeza kuba umutoza wa Manchester United nyuma yo kwitwara neza muri iyi kipe nk’uko byatangajwe ku n’umunyamakuru uzwi ku isi mu gutangaza amakuru y’igura n’igurisha mu mupira w’amaguru Fabrizio Romano. Uyu munyamakuru yatangaje ko Michael Carrick ahabwa amasezerano y’imyaka ibiri ariko ishobora kongerwaho umwaka umwe cyangwa agahabwa imyaka 3 ako kanya, kandi ngo […]

Continuer la lecture