U Rwanda na Senegal byemeranyije guhererekanya serivisi z’indege

Ku wa Mbere tariki ya 8 Nzeri, u Rwanda na Senegal byasinyanye amasezerano yo guhererekanya serivisi z’indege (BASA), agamije kongerera imbaraga ubwikorezi bwo mu kirere bukorwa hagati y’ibihugu byombi. Ayo masezerano agamije guteza imbere ingendo z’indege hagati y’ibihugu byombi,  afungurira amarembo Sosiyete Nyarwanda ikora Ubwikoeri bwo mu Kirere (RwandAir), yo gukorera ingendo zijya n’iziva muri […]

Continuer la lecture

Ngoma: Umusore w’imyaka 18 yagiye gukiza abarwanaga umwe amukubita ishoka arapfa

Umusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Rurenge, yagiye gukiza abantu babiri barwanaga barimo umuvandimwe we, umwe amukubita ishoka mu mutwe birangira yitabye Imana. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, bibera mu Mudugudu wa Gitobe mu Kagari ka Muhurire mu Murenge wa Rurenge mu Karere ka Ngoma. Abaturage […]

Continuer la lecture

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG, yateguje abafatabuguzi bayo ko kubera imirimo yo kwagura imwe mu miyoboro yayo, hazabaho ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali ndetse no mu Ntara y’Iburengerazuba. Ku ruhande rw’Intara y’Iburengerazuba, Ibura ry’umuriro riteganyijwe ku wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri 2025, ubwo hazaba hari gusanwa imiyoboro ya Kilinda […]

Continuer la lecture

Rusizi: Abarenga 300 bagiye gusubizwa mu ishuri mu kwezi kumwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bwihaye intego ko bitarenze tariki ya 30 Nzeri 2025 buzaba bwasubije mu ishuri abana 345 baritaye. Muri Mutarama 2025, aka karere kabaruye abana bagera kuri 700 bataye ishuri, ariko ku bufatanye n’izindi nzego abagera kuri 355 akaba ari bo bamaze gusubizwa mu ishuri. Umurezi mu kigo cya GS Kibumba, […]

Continuer la lecture

RIB yerekanye 26 bakekwaho kwiba arenga miliyoni 30 Frw bakoresheje ikoranabuhanga

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu 26 bakekwaho gukora uburiganya bifashishije ikoranabuhanga, aho bari bamaze kwiba arenga miliyoni 30 Frw hagendewe ku batanze ibirego hagati ya Mata na Kanama 2025.   Aba bantu bari hagati y’imyaka 18 na 54 berekaniwe ku Cyicaro Gikuru cya RIB, ku wa Mbere, tariki ya 8 Nzeri 2025, biganjemo abo mu […]

Continuer la lecture

Corneille Nangaa yavuze ko AFC/M23 itazasubira inyuma

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yavuze ko ihuriro ridashobora gusubira inyuma kandi ko no mu nzozi bitarimo. Yabigarutseho ku munsi w’ejo ku wa 07 Nzeri 2025 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu muhango wo gusoza ku mugaragaro amahugurwa y’abakada (Cadres) ba AFC/M23 bamazemo iminsi 17. Ni […]

Continuer la lecture

Urubyiruko rwasabwe kwirinda kugwa mu mutego w’ibyaha byifashisha ikoranabuhanga

Ubunyamabanga bw’Ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye gutabara aho rukomeye, EASF, bwasabye urubyiruko rwo muri Afurika kuba maso no kwirinda kugwa mu mutego w’ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga binyuze mu kwizezwa ibyiza. Byagarutsweho kuri uyu wa 8 Nzeri 2025, ubwo hatangizwaga amahugurwa ajyanye n’uburyo bwo kubungabunga amakuru yo ku ikoranabuhanga no kwirinda ibyaha birikorerwaho birimo […]

Continuer la lecture

Igisubizo cya REG ku ibura ry’amashanyarazi rya hato na hato

Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG), Eng. Armand Zingiro, yagaragaje ko hari gushyirwa imbaraga mu gukemura ibibazo bikomeje kugaragara by’ibura ry’umuriro rya hato na hato mu bice bitandukanye by’igihugu. Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi kimaze iminsi bitewe n’impamvu zitandukanye. Hari aho REG iba yateguje ko umuriro uzabura igihe runaka biturutse ku mirimo izaba […]

Continuer la lecture

Amavubi yitegura Zimbabwe yageze muri Afurika y’Epfo

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yageze muri Afurika y’Epfo aho izakinira na Zimbabwe mu mukino w’Umunsi wa Munani wo mu Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Nzeri 2025, ni bwo abakinnyi bose b’Amavubi n’abari babaherekeje bageze mu mujyi wa Johannesburg, ari na […]

Continuer la lecture

Rusizi: Abaturage batekewe umutwe bakodeshwa ubutaka bwa Leta

Abaturage bo mu Mirenge ya Gishoma na Nzahaha mu Karere ka Rusizi, bavuga ko batekewe umutwe bagakodeshwa ubutaka bwa Leta, kuri ubu bakaba bafite impungenge ko bashobora kubwamburwa. Igishanga cya Gishoma, aba baturage bahingamo gisanzwe gicukurwamo Nyiramungeri, igice ishizemo kigaharirwa ibikorwa by’ubuhinzi. Aha niho umutekamutwe yahereye agahimba ishyirahamwe rya baringa byavugwaga ko rigiye gutera inkunga […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwahagarariwe mu nama ihuza Afurika na CARICOM

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Iganda, Sebahizi Prudence yahagarariye u Rwanda mu nama ya kabiri ihuza ibihugu bya Afurika n’Umuryango w’Ibihugu bya Karaïbe,  (Second Africa-CARICOM Summit) iri kubera Addis Ababa muri Ethiopia igamije gushimangira ubufatanye mu guharanira ubutabera. Iyo nama yatangiye kuri iki Cyumweru tariki ya  07 Nzeri 2025, iteranye ku nsanganyamatsiko igira iti:”Ubufatanye nyambukamipaka mu guharanira ubutabera n’indishyi ku […]

Continuer la lecture