Musanze: Ababyeyi basubiye ku ntebe y’ishuri byabahinduriye ubuzima

Mu Karere ka Musanze, bamwe mu babyeyi biyemeje gusubira mu ishuri, bavuga ko n’ubwo babanje kunengwa n’abaturanyi, barangije amasomo yabo neza kandi bibahindurira ubuzima. Bamwe bazamuwe mu ntera mu kazi, abandi bongererwa imishahara, bituma barushaho guteza imbere imiryango yabo. Manishimwe Fulgence w’imyaka 45, umubyeyi w’abana batatu, yarangije amasomo mu bijyanye n’amashanyarazi muri imwe muri Kaminuza […]

Continuer la lecture

Ubuyobozi bwa CECAFA bwasabye imbabazi APR FC

Nyuma y’uko APR FC yegukanye umwanya wa gatatu muri CECAFA Kagame Cup 2025, ubuyobozi bwa CECAFA bwiseguye ku makosa yabaye, bigatuma iyi kipe itahabwa imidali ku gihe nk’uko byari biteganyijwe. Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda yatsinze KMC igitego 1-0 cyatsinzwe na Memel Raouf Dao, bituma isoza iri rushanwa iri ku mwanya wa gatatu. Nyuma y’umukino, APR […]

Continuer la lecture

Rusizi: Umukozi wo mu rugo yatawe muri yombi akekwaho gutwika umwana

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi umukobwa wareraga umwana w’imyaka 2 wo mu Murenge wa Rwimbogo, nyuma y’uko uwo mwana yari agiye guhira mu nzu, Imana igakinga ukuboko. Abaturanyi b’iwabo w’uyu mwana bamutabaye yahiye ku gice cy’umutwe, yihishe mu nguni y’inzu. Icyo gihe umukozi umururera yavuze ko yamukarabije aramuryamisha ashiduka […]

Continuer la lecture

Nyabihu: Barasaba ingurane z’ibyabo bimaze imyaka 3 byangijwe

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kinyababa, Akagari ka Rubaya, Umurenge wa Mukamira, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko bamaze imyaka 3 basiragira ku ngurane z’ibyabo byangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi, bakaba bifuza ko inzego bireba zabafasha kubona ingurane. Abo baturage bavuga ko batewe igihombo n’ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi kuko wangije imitungo yabo inyuranye harimo imyaka, amashyamba n’ibiti […]

Continuer la lecture

Uganda: Abarimu barahiriye gukomeza imyigaragambyo

Ihuriro ry’Abarimu muri Uganda, UNATU, ryagaragaje ko rigomba gukomeza ibikorwa by’imyigaragambyo mu gihe inzego z’ubuyobozi zitagira icyo zikora ku cyo basaba. Perezida wa UNATU, Zadock Tumuhimbise, yavuze ko imyigaragambyo y’abarimu itagamije gusa imibereho myiza yabo ahubwo igamije umutekano ku banyeshuri b’ahazaza ha Uganda. Ati “Imyigaragambyo izakomeza mu bice bitandukanye kandi iki gikorwa gitandukanye cyane n’ibindi […]

Continuer la lecture

Amavugurura mu biciro by’amashanyarazi: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 15 Nzeri 2025

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 15 Nzeri 2025 iyobowe na Perezida Kagame yamenyeshejwe ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020, nk’imwe mu ngamba zo kwihaza mu bijyanye n’ingufu mu buryo burambye. Mu byaganiriwe muri iyi nama y’Abaminisitiri harimo kuba abagerwaho n’amashanyarazi mu Rwanda ubu bageze kuri 85% mu gihe […]

Continuer la lecture

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zerekeje Cabo Delgado

Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda berekeje mu butumwa bwo kubungabunga umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado mu gihugu cya Mozambique. Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Gen Maj Vincent Nyakarundi n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’Igihugu ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, basezeye Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda bagiye mu butumwa bwo […]

Continuer la lecture

Urujijo ku musaza w’i Karongi wasanzwe mu mugozi yapfuye

Seboyi Vincent w’imyaka 62, wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yapfuye, hakekwa ko yiyahuye, ariko ntihamenyekane icyaba cyabimuteye. Byabereye mu Mudugudu wa Kambogo, Akagari ka Nyarugenge Umurenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi. Umugore wa nyakwigendera, Mukashema Claudine yavuze ko yavuye guhinga, asanga urugi rufungiye imbere, afata umwanzuro wo kurwica […]

Continuer la lecture

Rusizi: Umwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu nzu akurwamo akiri muzima

Umwana  w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu cyumba yari aryamyemo mu Mudugudu wa Ruzeneko, Akagari ka Karenge, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, ashya igice cy’umutwe, amaguru n’amaboko, akurwamo hasigaye gato ngo umuriro umukongore ariko akiri muzima. Uwo mwana w’umuhungu yahiriye mu nzu mu gihe se ukora akazi ko gucunga umutungo wa koperative yari amaze ibyimweru […]

Continuer la lecture

M23 yungutse abarwanyi bashya barenga 7000

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi bashya 7.437 bari bamaze amezi atandatu batorezwa mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo kwinjiza aba barwanyi mu gisirikare witabiriwe n’umuyobozi w’ihuriro AFC, Corneille Nangaa Yobeluo, n’umuyobozi w’abarwanyi ba M23, Gen Maj […]

Continuer la lecture

Abishimiye urupfu rwa Charlie Kirk bari guhigwa bukware

Nyuma y’urupfu rw’Umunyamerika Charlie kirk, bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bagaragaje ko bishimiye urupfu rwe, bari guhigishwa uruhindu. Charlie Kirk wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze wanashinze umuryango wa Turning Point USA, yishwe arashwe ku wa 10 Nzeri 2025. Uyu wari inshuti ikomeye ya Perezida Donald Trump, yishwe ubwo yari ari gutanga […]

Continuer la lecture