Kayonza: Umusaza yarumwe ugutwi n’umukazana we

Ntibayazi Pierrre Célestin w’imyaka 65 utuye mu Kagari ka Nkondo, Umurenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza yarumwe ugutwi n’uwari umukazana we kubera amakimbirane yo mu miryango. Uwo musaza wamaze gutanga ikirego muri RIB, yabwiye TV1 ko umukazana we bahuriye aho yari yagiye gushaka ubwatsi bw’amatungo, akamufata ashaka kumuruma ku munwa ariko akirwanaho. Ntibyagarukiye aho […]

Continuer la lecture

Leta ya RDC na AFC/M23 byasinye ku mahame aganisha ku mahoro arambye

Intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 kuri uyu wa 19 Nyakanga 2025 zasinye ku mahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro arambye. Iki gikorwa cyabereye kuri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, ahamaze iminsi habera ibiganiro by’amahoro bihuze impande zombi. Cyakurikiwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Umutekano w’Imbere w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, Massad […]

Continuer la lecture

Laurence Kanyuka Umuvugizi wa AFC/M23 yavuze ko Ingabo z’u Burundi zoherejwe i Shabunda muri gahunda yo gufata Bukavu

Ihuriro AFC/M23 ryashinje leta ya Congo kongera ingabo mu bice byose by’ahabera imirwano, itangazo rivuga ko igihugu cy’u Burundi cyohereje ingabo zifite ibikoresho bihagije muri iryo huriro ry’ingabo zishaka kwisubiza umujyi wa Bukavu. Laurence Kanyuka, Umuvugizi wa AFC/M23 yavuze ko leta ya Congo ikomeje gahunda y’intambara mu gihe bo (AFC/M23) bashaka ko ibisubizo biboneka mu […]

Continuer la lecture

Leta ya RDC na AFC/M23 bigiye gutera intambwe ikomeye mu biganiro bya Doha

Intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro AFC/M23 ziri hafi yo gusinya amahame ngenderwaho aziganisha ku masezerano y’amahoro arambye. Aya mahame ni umusaruro w’ibiganiro hagati y’impande zombi bibera mu mujyi wa Doha kuva muri Werurwe 2025, byateguwe na Leta ya Qatar. Byari biteganyijwe ko ikiganiro n’abanyamakuru cyari gutangarizwamo ibikubiye muri aya mahame kibera […]

Continuer la lecture

Nyanza: Umugore yishe umwana amujugunya mu gishanga

Umugore w’imyaka 27 yatawe muri yombi akekwaho kwica imfura ye y’uruhinja rw’umukobwa rw’amezi atatu akaruta mu gishanga cy’Umugezi w’Akanyaru, aho rwabonetsemo rumaze iminsi ibiri. Amakuru y’urupfu rw’uyu mwana witwaga watoraguye mu mugende urimo amazi mu Mudugudu wa Muyenzi, Akagari ka Katarara, Umurenge wa Ntyazo, yamenyekanye bitewe n’umuturage wamubonye yapfuye ari mu gishanga cy’Akanyaru, abimenyesha abaturage […]

Continuer la lecture

Ingabo z’u Burundi mu mugambi wo kwisubiza ibice zambuwe na AFC/M23

Nyuma y’amezi ane ingabo z’u Burundi zikuwe n’ihuriro AFC/M23 mu mijyi minini yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu zigeze kure umugambi wo gusubiramo zifashishije ibitero bikomeye. Raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yo muri Gicurasi 2025, ihamya ko mu Burasirazuba bwa RDC hari ingabo z’u Burundi ziri hagati ya 7000 na 9000, zikorera […]

Continuer la lecture

Rusizi: Ubwato bwavaga ku Idjwi bwerekeza i Bukavu bwagonze ibuye burangirika

Ubwato bwavaga ku Idjwi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo RDC, bwikoreye umucanga n’abantu barenga 30, bwageze mu isumo rya Nyawenya mu Kivu hagati, mu gice cy’Umudugudu wa Nyawenya, Akagari ka Bigoga, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi bugonga ibuye burangirika, ku bw’amahirwe ntibwagira uwo buhitana. Umuturage witwa Déo Antare wari uri imusozi ku Nkombo […]

Continuer la lecture

Umuyobozi ushinzwe ibikorwa muri NAEB yafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Habiyambere Maurice, Umuyobozi Ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB). RIB yasobanuye ko uyu mukozi akurikiranyweho ibyaha byo kwigwizaho umutungo n’iyezandonke. Yakomeje ivuga ko ukekwaho afunzwe nyuma y’iperereza ryakozwe ku imenyekanisha ry’umutungo we mu Rwego rw’Umuvunyi, ritavugisha ukuri […]

Continuer la lecture

Rubavu: Polisi yataye muri yombi bane bakekwaho kwica umukecuru bamuciye umutwe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abaturage bane bo mu Karere ka Rubavu, bakekwaho kwica umukecuru bamuciye umutwe, bakanakomeretsa umugabo we. Ibi bikorwa by’ubugizi bwa nabi Polisi y’u Rwanda itangaza ko byabereye mu Murenge wa Rubavu, Akagari ka Burinda mu ijoro ryo ku wa 15 Nyakanga 2025. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, SP Sylvestre […]

Continuer la lecture

Rulindo: Umugore aravugwaho kwica abana be batatu

Umugore wo mu karere ka Rulindo, aravugwaho kwica abana be batatu, bamwe mu baturanyi be bavuga ko yari yaragaragaje ibimenyetso by’uburwayi bwo mu mutwe. Byabereye mu murenge wa Masoro, umudugudu Mutagata aho umugore witwa Mukashyaka Sandrine bivugwa ko yishe abana be batatu nk’uko BTN TV ibivuga. Umwe mu baturanyi be avuga ko umukuru muri abo […]

Continuer la lecture

Bugesera: RDF yatashye ubwato bwa miliyoni 40Frw

Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara (RDF Reserve Force), Maj. Gen. Alex Kagame, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Pudence Rubingisa, hamwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera Richard Mutabazi, kuri uyu wa Kane batashye ku mugaragaro ubwato bw’ubukerarugendo (Amarebe Cycle Boat Tour), bwubatswe ku bufatanye bw’inkeragutabara zikomoka mu Karere ka Bugesera. Iki gikorwa ni igice cy’ishoramari rikomeye mu guteza imbere ubukerarugendo muri […]

Continuer la lecture