Amerika: Abaturage bigabije imihanda, bamagana Trump mbere y’irahira rye
Mu gihe habura umunsi umwe ngo Donald Trump, arahirire kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abagera mu bihumbi biganjemo abagore biraye mu mihanda ya Washington D.C, bamwamagana. Ni imyigaragambyo yatangiye ku wa Gatandatu, tariki 18 Mutarama 2025, mu gikorwa cyiswe People’s March. Iki gikorwa cyo gukora imyigarambyo cyatangiye mu 2017 ubwo Trump yatsindaga, […]
Continuer la lecture
