Israel Mbonyi yamaze kumvikana n’uruganda rwa SKOL Brewery Ltd ku bijyanye no kwamamaza ikinyobwa gishya cya ‘Maltona 0.0%’ kidasembuye, giherutse gushyirwa ku isoko. Amakuru ahari akaba...
Raila Odinga yatangaje ko yiteguye guhagarika kandidatire ye ku mwanya w’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), kubera imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Perezida...
Nyuma y’igihe kirekire abaturage bo mu Mujyi wa Muhanga bataka kubera imihanda yangiritse bikomeye kandi yubatswe hashize igihe gito, ubu bari kubyinira ku rukoma kuko yose...
Inama y’Amashuri Makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) yatangaje ko abize hanze basaba ‘équivalence’ bakwiriye kuzana ibyemezo bahawe n’ibihugu bizemo bibemerera kubayo, bizwi nka ‘Permis...
Komisiyo y’Umuryango w’Isoko Rusange ry’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA) ishinzwe ihiganwa mu bucuruzi no kurengera abaguzi, yatanze impuruza ku buziranenge bw’ibikoresho birinda abari imbere mu...
Mu Karere ka Huye, Umurenge wa Rusatira, Akagari ka Buhimba, Umudugudu wa Karubona, haravugwa urupfu rw’umugore w’imyaka 64, bikekwa ko yishwe no kurya inyama z’inka yipfushije....
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yikuye mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu. Biden yatangaje ko ari “ku nyungu nziza z’ishyaka...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Général Major Nyakarundi Vincent, yitabiriye inama y’abayobozi bakuru b’ingabo, mu Mujyi wa Rennes, mu gihugu cy’u Bufaransa. Ni inama yiga ku...
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kuva umwaka wa 2024 watangira, abaturage 11,164 bo muri iki gihugu banduye virusi ya Monkeypox, bikaba...
Aba-Démocrates 35 bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika basabye Perezida Joe Biden guhara kandidatire ye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, agasimburwa na...