Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwasubitse iburanisha ry’urubanza ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo, ruregwamo Manzi Sezisoni ukekwaho kuriganya abantu 500 amafaranga arenga miliyari 12 Frw, binyuze mu kigo...
Umuyobozi w’Ikigo “gitanga serivisi z’ivunjisha rikorerwa kuri internet” cya Billion Traders FX, Davis Sezisoni Manzi ukekwaho kuriganya Abanyarwanda miliyoni 10$ agiye gutangira kubunanishwa. Manzi yatawe muri...
Abahinzi b’umuceri bo mu Kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi barashimira Perezida wa Repubulika Paul Kagame wabafashije umuceri wabo ukabona abaguzi nyuma y’amezi abiri bari...
Abagize Guverinoma nshya iheruka gushyirwaho na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, bararahirira inshingano nshya kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kanama 2024, ari na bwo...
Abagore bo mu Mudugudu wa Rugero, Akagari ka Rugando, mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera barinubira uburyo bakomeza koherezwa kurara irondo banafite abana bato,...
Iteka rya Perezida ryemeje ko amatora y’Abasenateri azaba muri Nzeri, 2024. Iri teka ryasohotse mu igazeti ya Leta. Rivuga ko kwiyamamaza bizatangira taliki 26 Kanama, birangire...
Mu Karere ka Rusizi, Akagari ka Cyangugu, abaturage bamaze iminsi bataka kwibwa amatelefoni no gutoborerwa inzu nijoro, ibintu byarangiye hafashwe abasore icyenda bakekwaho ibi bikorwa, barimo...
Mu karere ka Mwasa, ho mu ntara ya Simiyu muri Tanzania, Urukiko rwahaye igihano cy’imyaka 20 y’igifungo umusore witwa Musa Shija, ndetse na mushiki we, Hollo...
Ikigo cya abanyasuwedi FOJO ishami ryacyo rikorera mu Rwanda, cyashyize hanze ubushakashatsi cyakoze ku birebana n’uko ibigo bitandukanye by’itangazamakuru bikorera mu Rwanda bikurikiranwa n’abaturage. Ni ubushakashatsi...
Ku wa Kane, tariki ya 15 Kanama 2024, umwana w’imyaka ibiri yitabye Imana nyuma yo kugwa muri yorodani (aho babatiriza) y’Itorero ADEPR Rukomo, mu Karere ka...