Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya, yirukanywe ku mirimo ye. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo babiri b’abavandimwe bo mu Karere ka Ruhango bakekwaho gusiga ‘amazirantoki’ ku nzu y’Umuyobozi w’Umudugudu wa Rusebeya. Aba bagabo...
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri saa munani z’ijoro (2h00) rishyira kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga 2024, abagizi ba nabi bataramenyekana bishe umukobwa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo 11 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ibi bikorwa byabereye mu Karere ka...
Umusore w’imyaka 25 witwa Nemeyimana Phocas yasanzwe yapfuye ku muhanda hafi y’urusengero mu murenge wa Cyumba, akagari ka Muhambo, mudugudu wa Rugerero. Birakekwa ko yishwe n’inzoga...
Nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho kwiba ibiryo by’abanyeshuri, Hamana Jean de Dieu, umuyobozi w’ishuri ribanza rya Nyakabuye mu Karere ka Nyanza, yahagaritswe mu kazi mu...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwatangiye iperereza ku buryo Prof. Bahala Okw’Ibale Lusheke Jean-Bosco, wahoze ari umuyobozi wa gahunda yo gusubiza mu buzima...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yashimiye Kimberly Cheatle weguye ku buyobozi bukuru bw’urwego rushinzwe kurinda abayobozi bakuru n’ababaye abayobozi bakuru, Secret Service....
Mu gihugu cya Uganda, umugore w’imyaka 28 arashakishwa na Polisi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo kwica umugabo we, amukase igitsina. Ibi byabaye ku Cyumweru, tariki 21...
Guhera ku wa 22 Nyakanga 2024, ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko i Kampala muri Uganda hari kubera imishyikirano ihuza abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...