Umugabo witwa Musonera Germain wo mu Karere ka Muhanga, mu Ntara y’Amajyepfo, arashinjwa n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kuba yaragize uruhare mu kwica ababo muri...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Kanama 2024, umugabo witwa Jumaisi Collins wo mu gihugu cya Kenya yatorotse kasho ya Polisi iri i Nairobi, aho...
Mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Mushishiro, haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 44 ukekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka 24 ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga. Uyu mugabo...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Gakoma biherereye mu Karere ka Gisagara witwa Ngiruwonsanga Pascal w’imyaka 38, kubw’iperereza riri gukorwa ku...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje kugeza ubu hari toni 31 000 z’umuceri utarabona umuguzi, ku buryo Leta ifatanyije n’ikigo East Africa Exchange (EAX) gikora ubucuruzi bwambukiranye imipaka,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kuba hari bamwe mu bayobozi batagarutse muri Guverinoma muri manda nshya y’imyaka itanu, iherutse gushyirwaho, batirukanwe ahubwo...
Abahinzi b’umuceri bawuhinga kuri hegitari 250 mu Kibaya cya Kabuye kiri mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali bamaze amezi hafi atatu bategereje isoko ry’umuceri...
Umugore witwa Mukarabarisa Belthilde, uzwi ku izina rya Tenesi w’imyaka 48, wo mu Mudugudu wa Mataba, Akagari ka Munyinya, mu Murenge wa Rukomo, mu Karere ka...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko Ruranga Jean w’imyaka 53 wahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera, wari ushinzwe kuburanira Leta imanza yarezwemo yatawe muri yombi akaba...
Mu ijoro ryo ku wa 17-18 Kanama 2024, inzego zishinzwe umutekano zataye muri yombi abantu 22 bari basohokeye mu kabyiniro kabamo inkumi zambaye ubusa buri buri...