Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Sezisoni Manzi Davis, ukekwaho kuriganya abantu 500 akabambura amafaranga arenga miliyari 13 Frw, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Manzi Davis akurikiranyweho...
Ababyeyi barera ku ishuri rya GS Murira ryo mu Kagari ka Cyarukara, Umurenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi basabye ubuyobozi guhagurukira ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku...
Ku wa 27 Kanama 2024, Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yasobanuye impamvu zimwe mu bibazo byagaragaye nyuma y’itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka, NLA, kuri uyu wa 28 Kanama 2024, cyatangaje uburyo bushya bwo gusaba serivisi zo guhindura ibipimo by’ubutaka. Serivisi zivugwa ni iyo kubugabanyamo...
Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yasubije umubyeyi wasabye ko guhanisha umunyeshuri inkoni byasubizwaho kugira ngo abana basubire ku rufatiro, amubwira ko ubu ibintu byahindutse aho guhanisha umwana...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Ruranga Jean, wahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera, afungwa by’agateganyo iminsi 30. Ruranga, wigeze kuba umunyamategeko wari ushinzwe kuburanira Leta,...
Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha. Aba bombi bakurikiranyweho icyaha cyo gushakira inyungu mu...
Ku wa 27 Kanama 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yatanze impamvu zifatika zishyigikira kandidatire ya Raila Odinga wo...
Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yavuze ko hari abarimu basaba kwimurirwa mu tundi turere cyangwa mu yandi mashuri ntibikunde, ariko bigaterwa n’impamvu y’uko hari ubwo umubare w’abashaka...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri barenga ibihumbi 15 batsinzwe mu bizamini bisoza amashuri abanza n’ibisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2023/2024. Ubwo hatangazwaga amanota...