Abantu batatu bari bari gucukura amabuye y’agaciro mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke bahuye n’amazi mu kirombe bacukuragamo arabica. Abo bantu bari bari gucukura...
Umwuga w’igisirikare ni umwe mu myuga ikomeye ndetse ifite imiterere yihariye kandi mu mikorere yawo ugira amategeko awugenga ari nayo abawukora bagomba kugenderaho. Igisirikare aho kiva...
Kuri uyu wa 30 Kanama 2024, Umudepite Michael Mawanda, ukomoka mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ndetse akaba n’umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga mu ihuriro PLU (Patriotic League...
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwashiniye byimazeyo Abajenerali batanu n’abandi basirikare 1 162 batangiye ikiruhuko cy’izabukuru guhera kuri uyuwa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2024. Byagarutsweho mu...
Ku wa 30 Kanama 2024, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yashyize ahagaragara inoti nshya za 5000 Frw na 2000 Frw zifite ibimenyetso bishya, ariko zizakomeza gukoreshwa...
Bizimungu Vianney w’imyaka 75, wo mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’Abajenerali ndetse n’abandi bofisiye bakuru mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village...
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen Maj Martin Nzaramba, Col Dr Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato....
Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe, byagaragaye ko hari abaturage bishyujwe amafaranga muri gahunda ya Macye Macye kandi batarahawemo telefoni. MTN Rwanda...
Umugabo witwa Yahya Nafiu, w’imyaka 56 ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yemeje ko umugore we, Latoyossi Alake ukomoka mu gihugu cya Benin, yibarutse abana 11 barimo...