Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Congo Kinshasa byavuze ko Perezida Felix Tshisekedi akurikiye inama y’abakuru b’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba, EAC na SADC kandi aza no gusoma ibyufuzo...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Nduhungirehe Olivier yatangaje ko kuba Abakuru b’Ibihugu by’Imiryango ya EAC na SADC bahuriye mu nama idasanzwe, hagafatirwamo umwanzuro wo guhuza ibiganiro...
Perezida wa Repubilika Paul Kagame yavuze ko intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ishingiye ku moko, kandi ko igira ingaruka zitaziguye...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwandsa nta ruhare rugira mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC. Yabigarutseho kuri uyu wa...
Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) ku wa 7 Gashyantare 2025 bahuriye i Dar es Salaam muri...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ntiyagiye i Dar es Salaam muri Tanzania mu nama idasanzwe ihuza Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango...
Perezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihurije hamwe abakuru b’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’abo mu Muryango w’Ubukungu...
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Bukavu bavuga ko abayobozi n’abanyamafaranga bahungishirije imiryango yabo mu Mujyi wa Bujumbura n’ahandi. Amashuri, amaduka ndetse n’amabanki byafunze. Abanya-Bukavu bavuga...
Igihugu cy’u Burundi cyohereje abandi basirikare mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bajya kongera imbaraga ku bandi boherejwe guhangana n’umutwe wa M23, banyuze mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Gashyantare, imibiri y’abasirikare 14 mu Ngabo z’Afurika y’Epfo baguye mu mirwano yo mu Burasirazuba bwa Repubulika...