Lt Gen Ntshavheni Peter Maphaha uyobora ishami ry’igisirikare cya Afurika y’Epfo rishinzwe ubuvuzi, yatangaje ko igisirikare cyabo kidafite ubushobozi bwo kurinda imipaka. Mu butumwa yatanze ubwo...
Rutahizamu w’Umunya Argentine, Lionel Messi, ashobora kongera kwambara umwambaro wa FC Barcelona nyuma yo kurangiza amasezerano ye muri Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za...
Abantu bagera kuri 20 bapfuye abandi mirongo itandatu barakomereka mu mirwano yahuje ingabo za Leta, zasubiranyemo na Wazalendo, mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, banzuye gutumiza Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Yusuf Mulangwa ngo atange ibisobanuro ku bibazo bijyanye na Koperative yo Kubitsa no Kuguriza Umurenge...
Inama y’Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, yanzuye ko u Rwanda rudahita rufatirwa ibihano kubera ibirego rushinjwa mu ntambara zimaze imyaka mu Burasirazuba...
Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyatangaje ko abandi basirikare bacyo bakomerekeye mu mirwano yabereye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bazacyurwa muri iki cyumweru. Iki...
Maniraguha Pierre w’imyaka 23 washakishwaga n’izego z’umutekano nyuma yo kumarana iminsi 4 umukobwa w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza yatawe muri yombi ubu...
Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, ntazongera kugaragara mu kibuga muri uyu mwaka w’imikino nyuma yo kugirira imvune mu mukino wahuje ikipe ye n’Amagaju FC. Ku...
Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) yemeje ko Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria na...
Abasirikare babarirwa muri 300 ba Afurika y’Epfo barimo n’abatwite basubiye iwabo banyujijwe mu Rwanda. Aba kandi barimo n’abo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika yo mu...