Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, yemeza ko hari abantu bahisha lisansi nyinshi mu rugo aribyo bituma ibura bityo bagakwiye gukatirwa igihano cy’urupfu...
Ingabo za Uganda (UPDF) zahakanye ibikubiye muri raporo y’inzobere z’Umuryango w’Abibumbye (ONU) ivuga ko zifasha inyeshyamba za M23 zirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,...
Perezida Paul Kagame yavuze ko aho bishoboka itangazamakuru ryakwifashishwa mu kwigisha neza Ikinyarwanda cyane cyane urubyiruko, ahishura ko Radio Rwanda iri mu byamufashije kukimenya neza, ndetse...
Twizeyimana Edouard utuye mu Karere ka Musanze arishimira umusaruro akomeje gukura mu bworozi bw’inkoko yatangiye nyuma yo kureka akazi ka Leta, none uyu munsi bushobora kumwinjiriza...
Perezida Kagame yavuze ko intandaro y’ibibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo atari we n’u Rwanda ahubwo ari FDLR iki gihugu cyahaye intwaro ikaba yica abaturage...
Perezida Paul Kagame witegura gutangira kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu nk’umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, yatangaje ko kuba abaturage bashima ibyo yagezeho mu gihe amaze ayobora u Rwanda...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena 2024 saa munani z’amanywa (2:00 PM), Ikigo cy’Iguhugu cy’Itangazamakuru RBA, cyararitse abanyarwanda muri rusange ikiganiro cyihariye bagirana na...
Abaturage bahinga umuceri mu kibaya cy’Umuvumba mu Mudugudu w’Uwinkiko, Akagari ka Rwempasha mu Karere ka Nyagatare, batunguwe no kugera aho bakorera ubuhinzi bagasanga imisambi 10 yapfuye,...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Kamena 2024, RIB yashyikirijwe umugabo w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka...
Abategetsi bavuze ko Abanya-Jordan nibura 14 bapfiriye mu mutambagiro wa kisilamu wa Hajj muri Arabie Saoudite (Saudi Arabia) kubera ubushyuhe bwinshi. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Jordan...