Umusore w’imyaka 24 witwa Shadrack Chaula,uzwi cyane mu gushushanya, yakatiwe gufungwa imyaka ibiri nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutwika ifoto ya Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu...
Ubwo yiyamamazaga mu KARERE ka Gakenke ku itariki ya 5Nyakanga 2024, Hon Dr Frank Habineza yagarutse ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke ndetse atanga igisubizo...
Rwandanews24 iguhaye ikaze kuri Site ya Kindama mu Karere ka Bugesera aho Umuryango FPR Inkotanyi wakomereje ibikorwa byo kwamamaza Umukandida wawo ku mwanya wa Perezida wa...
Mpayimana Philippe, umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, yabwiye abaturage b’Akarere ka Rutsiro ko mu migabo n’imigambi ye harimo gushyiraho umushahara ku bayobozi b’imidugudu...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza (PSD) ritangaza ko ririmo guharanira ko umushahara w’umukozi utarenze ibihumbi 100 by’amafaranga y’u Rwanda wakurirwaho imisoro, kuko byafasha Abanyarwanda benshi kwiteza...
Polisi ya Uganda yataye muri yombi umugore witwa Susan Namuganza, w’imyaka 34, nyuma y’ibyumweru birenga bitatu yihishe, akekwaho guca igitsina cy’umugabo we, Moses Kawubanya. Iki gikorwa...
Uwihoreye Jean Marie, uzwi nka Papa Boyi, arwariye mu bitaro bya Remera Rukoma nyuma yo kurumwa izuru rigacika na mugenzi we, Damascene uzwi ku izina rya...
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu KARERE ka Rulindo yabwiye abaturage ko nibatorwa umuturage ushaka kugura gazi ntibizagombera ko afite amafaranga aguze icupa ryose...
Umukandida Mpayimana Philippe yavuze ko u Rwanda rushobora kuba inkingi y’ubumwe Nyafurika kugira ngo aba abanyafurika baje biyumva mu Rwanda nk’abari iwabo. Yemeza ko ari byo...
Brig. Gen. Ronald Rwivanga yagaragaje ko ingabo za RPA zari zimaze guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, ibyatumye byazanywe ko ingabo zirimo izishyurwa zikomeje gukomeza igisirikare...