Umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Mpayimana Philippe, akomeje ibikorwa bye byo kwiyamamaza, aho yemeza ko afite imigabo n’imigambi 50 mu nzego zitandukanye z’ubukungu ateganya gushyira...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), Charles Munyaneza, yatangaje ko Abanyarwanda bazatorera mu mahanga bazatorera kuri site 160 mu bihugu 70, ibyo u Rwanda rufitemo...
Mu mpera z’uyu mwaka, abayobozi muri Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi bazahurira ku meza y’ibiganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze iminsi utifashe neza. Byemerejwe i...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma ku wa Mbere tariki 8 Nyakanga 2024, ryavugaga ko u Rwanda rwamenye umugambi w’u Bwongereza wo guhagarika amasezerano yo kohereza...
Ku wa Mbere tariki 8 Nyakanga 2024, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashimangiye ibirego by’uko u Rwanda rufite mu Burasirazuba bwa Congo ingabo zibarirwa mu 4,000,...
Ingabire Victoire ni umwe mu bakunze kugaragazwa n’amahanga nk’umunyepolitike utavuga rumwe n’ubuyobozi bw’u Rwanda, ndetse yari umwe mu bifuje guhatana mu matora ateganyijwe muri Nyakanga mu...
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, yabwiye abaturage ba Muhanga ko naramuhanga atowe...
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe yari ayoboye Urugamba rwo kubohora Igihugu, hari iminsi yamaze abana n’imfura ye, Ivan Cyomoro ku Mulindi wa Byumba mu...
Ikigo gikora ibijyanye no gutega n’imikino y’amahirwe cya Premier Betting cyahagaritswe mu Rwanda nyuma y’uko icyemezo cyacyo cyo gukorera mu gihugu cyarangiye kandi ubusabe bwo kucyongera...
Perezida Paul Kagame yavuze ko nyuma y’urupfu rwa Maj. Gen. Fred Rwigema wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA zatangije Urugamba rwo kubohora Igihugu, ibintu byarushijeho...