Irushanwa rihuza Banki rizwi nka ‘RBA Interbank Sports Tournament’ rigiye gukinwa ku nshuro ya gatanu kuva tariki ya 27 Nyakanga kugeza 31 Kanama 2024. Iri rushanwa...
Umuvugizi w’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki, Mukama Abbas, yatangaje ko abavuga nabi ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’abadepite mu Rwanda babiterwa n’urwango bafite ku gihugu....
Perezida wa Repubulika ya Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 19 Nyakanga 2024 yatangaje icyiciro cya mbere cy’abaminisitiri 11 bazaba bagize guverinoma nshya. Muri...
Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, yitabye Imana kuri uyu wa 19 Nyakanga 2024. Amakuru y’urupfu rwe yahamijwe na Minisitiri w’Intebe...
Mu gihe Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, iteganya gutangaza burundu ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu bitarenze tariki ya 27 Nyakanga 2024, hari icyo Itegeko Nshinga rya Repubulika...
Minisitiri Wungirije wa Siporo muri Argentine yirukanywe nyuma yo kuvuga ko Lionel Messi akwiye gusaba imbabazi mu izina ry’Ikipe y’Igihugu kubera indirimbo yuzuyemo amagambo y’irondaruhu yaririmbwe...
Imyaka 30 irashize hashyizweho Guverinoma y’Ubumwe, yagiyeho tariki 19 Nyakanga 1994 Jenoside yakorewe Abatutsi imaze iminsi mike ihagaritswe. Ni Guverinoma yari ifite akazi gakomeye, ko gusubiranya...
Musengimana Beatha, umuhanzi w’indirimbo “Azabatsinda” yamamaza Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, ahamya ko inzozi ze zo gutaramira imbere ya Perezida Kagame zabaye impamo. Musengimana yavuze ibyishimo...
Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje amajwi y’agateganyo yavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abadepite yabaye ku matariki ya 14, 15 na...
Umusore witwa Bernard Uwitije w’imyaka 18 y’amavuko yagiye kwitabwaho mu bitaro nyuma y’uko ku gicamunsi cyo ku wa 17 Nyakanga 2024, umukuru w’Umudugudu wa Kinyata mu...