Imirimo yo kubaka uruganda ruzajya ruhinga rukanatunganya urumogi mu Karere ka Musanze, mu Rwanda, igeze kuri 70%. Uru ruganda, ruri kubakwa n’ikigo King Kong Organics (KKOG),...
Kubyariza abagore mu mazi (water birth) ni uburyo bushya ariko bumaze gufata intera mu bihugu byinshi byateye imbere. Ubu buryo bukorerwa muri ‘piscine’ yagenewe kubyaza abagore,...
Abaturage bo mu Murenge wa Gisenyi by’umwihariko abacuruzi bo mu isoko rya Gisenyi barasaba ko ubwiherero rusange bakoresha bwakorwa neza kuko ngo bushobora kubateza uburwayi kubera...
Perezida Kagame yongeye kugirira icyizere Dr. Edouard Ngirente, amugira Minisitiri w’Intebe wa Guverinoma nshya. Ni itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, ku mugoroba wo...
Donald Trump, wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kuvuga amagambo akomeye ku Banye-Congo bari muri Amerika, abashinja kuba abicanyi bavuye muri gereza...
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umwami Mswati III wa Eswatini uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Mswati III yakiriwe na Perezida Kagame kuri uyu...
Dr. Usta Kaitesi, Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), yatangaje ko ubugenzuzi bukorwa ku nsengero mu gihugu cyose bugamije kureba niba zujuje ibisabwa n’amategeko, aho hamaze...
Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kanama 2024 Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Misiri Dr Badr Abdelaaty ari kumwe na Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda Dr Sabin Nsanzimana, basuye...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, hamwe n’itsinda yari ayoboye basuye icyicaro cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ku wa Mbere tariki ya 12 Kanama...
Ishyaka UDPS riyobowe na Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe icyemezo cyo kwegura Umunyamabanga Mukuru waryo, Augustin Kabuya, ariko we yanga kubahiriza...