Umwe mu batunganya umuziki (Producer), muri Uganda Abdul Karim Muchwa uzwi nka Producer Didi yamaganye amakuru avuga ko yapfuye. Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki...
Sebukwe wa Eddy Kenzo, Patrick Apecu, yasabye uyu muhanzi kwita ku rukundo rwe n’umukobwa we, Nyamutooro, no kwirinda ibijyanye no gushaka abagore benshi. Ibi yabivuze nyuma...
Umuhanzi akaba n’umwe mu batunganya umuziki (producer) wo muri Uganda, Kiggundu Sulaiman uzwi ku izina rya McSan, arwaye bikomeye akaba ari mu bitaro aho yitabwaho. Ibi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ rwashyize umucyo ku kibazo cya DJ Brianne na Djihad ruherutse gutangaza ko ruri gukoraho iperereza ndetse runavuga kuri Rugemana Amen wamamaye nka...
Umuhanzi Bruce Melodie werekeje i Lagos muri Nigeria mu bikorwa byo gufata amashusho y’indirimbo ’Sowe’ iri kuri album yitegura gushyira hanze, yavuze ku mwana ashinjwa kuba...
Umukinnyi wa Filimi,Mama Sava’yatangaje ko ari guhangana n’umupasiteri uheruka kumuhanurira ko azashakana n’umuyobozi we muri filime ya Papa Sava. Mu kiganiro Sunday Choice cyo ku ISIBO...
Mu kiganiro yagiranye n’abakunzi be kuri X “Space”, yatangaje ko abantu badafite amafaranga bagira umushiha ku rwego rwo hejuru. Shaddyboo wavugaga yisekera, yagaragaje ko mu buzima...
Imyaka ibiri irashize Junior Giti mu gasobanuye, atangiye urugendo rwo kureberera inyungu umuhanzi Chriss Eazy, aho avuga ko yatangiranye ubwoba mu ishoramari, ariko ko yatangiye kugira...
Umuhanzi King James wavuzweho ubuhemu n’umushinja kumwambura amamiliyoni, yasobanuye imiterere y’iki kibazo, avuga ko yatunguwe no kuba yaramureze muri RIB. Uyu Pastor Blaise mu butumwa yanyujije...
Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan ari murukundo n’undi musore mushya ndetse yemereye ko azabera umugore. Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan Mu butumwa...