Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Gasabo yafashe ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza 2024, abasore babiri bafite imyaka 27 na 30 y’amavuko, bakurikiranyweho kwiyitirira...
Kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, yatangaje ko amagambo yavuze kuri Kapiteni wa APR FC, Claude Niyomugabo, ko yamubwiye ko hari gahunda y’uko yari kuvunwa na...
Urukiko rwa Gisirikare rwahamije Sgt Minani Gervais ibyaha yari akurikinyweho, rumuhanisha igifungo cya burundu no kunyagwa amapeti ya gisirikare. Sgt Minani yari akurikinyweho ibyaha bitatu, birimo...
Umukino Rayon Sports yakiriyemo APR FC ku wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024 winjije miliyoni 227 Frw, zirimo 142 Frw zavuye mu baguze amatike. Uyu...
Amadini n’amatorero afatwa nk’arerera u Rwanda kandi akagira uruhare mu gufasha Leta kwigisha abanyarwanda. Icyakoze Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko hari amadini yari atangiye kuyobya abanyarwanda...
Umuyobozi muri Minisiteri y’Uburezi mu Gihugu cy’u Burundi witwa Germain ,Ndayishimiye ,wari wagiye mu butumwa bw’akazi yafashe icyemezo cyo kwaka ubuhungiro mu Gihugu cy’u Bubiligi aho...
Abatuye mu Karere ka Nyanza by’umwihariko mu Murenge wa Kibirizi wafatiwemo abantu 19 bakekwaho guhungabanya umutekano, bavuga ko bashimira Polisi ikomeje kubakiza abajura kuko bari basigaye...
Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, yatoye icyemezo cyo gutakariza icyizere Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier nyuma y’amezi atatu gusa agiye kuri uwo mwanya. Iki...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abagabo batatu bari mu mugambi wo kwiyandikishaho ubutaka barangiza bakabugurisha ku buryo bw’uburiganya. Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry B. Murangira yavuze ko...
Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko abakatirwa igihano cy’urupfu baratangira kujya bicwa mu gihe cya vuba. Ubu butumwa yabutanze kuri...