Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension arterielle) ni indwara yibasira abantu benshi ariko idakunze kumenyekana kubera ko akenshi itagira ibimenyetso bigaragara. Nubwo nta mibare y’abantu barwaye iyo ndwara...
Azam FC yifuza ba myugariro babiri, uwo hagati n’uw’ibumoso. Iri mu biganiro na Ishimwe Christian nyuma yo kunyarukira mu Rwanda kuhashakira ibisubizo ariko ntiyanyurwa n’urwego rwa...
Ibi Col Karasira yabitangaje nyuma y’umukino APR WFC yatsinzemo Forever WFC ibitego 3-0 ku Cyumweru, ikegukana Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu Bagore. Ubwo yari...
Ibi byose byaje nyuma y’uko Madebeats ahishuye ko The Ben na Bruce Melodie muri 2017 bashatse gukorana indirimbo bikarangira itabayeho. The Ben nyuma yayo makuru yaragiye...
Niyo Bosco yamaze kumenyesha ubujyanama bwe ko uretse amashusho y’indirimbo Ndabihiwe aherutse gusohora, nta yindi ndirimbo isanzwe azakora. Ibi Niyo Bosco yabishimangiye ubwo yari mu kiganiro...
Umutoza wa Bayer Leverkusen, Xabi Alonso arifunzwa cyane na Real madrid kugirango azasimbure umutoza Carlo Ancelotti usanzwe atoza iyi kipe. Mu gihe havugwa impinduka mu batoza ...
Léonidas Ndayisaba, yize itangazamakuru mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, ubu agiye kujya akora ikiganiro cy’imikino cya buri munsi kuri radio Isibo FM avuye kuri ...