Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, rwakatiye igifungo cy’imyaka irindwi, uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugombwa, Bigwi Alain Lolain, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwaka no kwakira indonke....
Nkuko tubikesha ikinyamukuru the Daily Guardian, Umugabo w’imyaka 33 witwa Honkon, umuhanzi n’umutunganya muzika uzwi cyane mu Buyapani, aravuga ko yaba ari we munyabyago wa mbere...
Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), rwasabye Abadepite kwihutisha politiki nshya y’itangazamakuru kuko izafasha mu kunoza imikorere y’uyu mwuga ndetse ikanajyana n’ikoranabuhanga rigezweho risigaye rikoreshwa muri uru rwego....
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimye intambwe y’amahoro abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bateye. Nyuma y’ibiganiro byaberaga muri Qatar...
Mu biganiro bikomeje kubera i Doha muri Qatar, intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iza Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) zatangaje imyanzuro bumvikanyeho...
Abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo boherejwe mu rwuri rw’inka za Joseph Kabila mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Mata 2025, barashinjwa gusahura imitungo...
Nk’uko byatangajwe n’ibiro bya Vatican, umubiri wa Papa Francis wagejejwe muri Bazilika ya St Peter, aho abakirisitu n’abandi bose bifuza kumusezeraho bazakomeza kuhahurira kugeza ku wa...
Uduce twinshi two muri Teritwari ya Walikale twongeye kugwa mu biganza bya AFC / M23 ndetse biranavugwa ko na Centre ya Walikale, bari baherutse gufata bakayivanamo,...
Kiliziya Gatolika iri mu cyunamo nyuma y’urupfu rwa Papa Francis, wapfuye afite imyaka 88 azize indwara y’ubuhumekero n’umutima, nk’uko byemejwe na Kiliziya. Papa Francis wari umaze...
Leta y’u Burundi iherutse kohereza mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe kugira ngo bahangane n’umutwe wa Twirwaneho uri mu ihuriro AFC...