Perezidente urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) Jeanne Francoise Mubirigi aratangaza ko abikorera mu Rwanda bazagira uruhare rukomeye mu kubaka igihugu cyashenywe na Jenoside yakorewe abatutsi aho...
Kuri uyu wa 11 Mata 2025 I Ndera Hibutswe ku nshuro 31, abatutsi bishwe muri muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Muri iki gikorwa urubyiruko rwasabwe...
Cooperative y’abahinzi ba Gisovu Muko Coothegim abayigize barashima imiyoborere myiza ya komite nyobozi yabo ndetse no kwita cyane ku mibereho myiza y’abanyamuryango bayigize. Ibi bikaba byaratumye...
Dr. Julius Ecuru, is Rsif Manager at The Regional Coordination Unit -icipe, has highlighted the positive impact that the 35 Rwandan students who have received RSIF funding...
Umuyobozi wa RSIF (Regional Scholarship innovation fund), Dr Julius Ecuru aratangaza ko abanyeshuri 35 b’abanyarwanda aribo bamaze guterwa inkunga n’uyu mushinga mu kwiga icyiciro cy’ikirenga cy’amashuri...
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bari bafite imirima ahakozwe icyuzi gihangano cya Bishya, bavuga ko imyaka ibaye 10 babariwe amafaranga y’ingurane ku byabo...
Ni kenshi usanga umusore akubwira ko yabuze umukundi kandi mu by’ukuri ntacyo abuze ahubwo ari uko atazi inzira abandi banyuramo ngo babashe kwigarurira imitima y’abakobwa....
Umuvugizi w’igisirikare c’Uburundi arahakana amakuru avuga ko ingabo z’iki gihugu zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu gihanganye n’inyeshamba za M23 zacyuwe....
Mu mirwano ihanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko uyu mutwe wamaze gufata undi mujyi ari wo Uvira wo mu...
Umuryango w’ibihugu bivuga ururimi rw’icyongereza, Commonwealth wahamagariye Uganda, kimwe mu bihugu 56 bigize uyu muryango, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, uvuga ko ifungwa...