Menya amafaranga Umukino wa Rayon Sports na APR FC winjije

Umukino Rayon Sports yakiriyemo APR FC ku wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024 winjije miliyoni 227 Frw, zirimo 142 Frw zavuye mu baguze amatike. Uyu mukino w’amateka wahurije impande zombi muri Stade Amahoro nyuma y’imyaka ine, ndetse kuri iyi nshuro yari yuzuye abantu ibihumbi 45 isigaye yakira nyuma yo kuvugururwa. Muri rusange, uyu mukino […]

Continuer la lecture

Amakipe yose azakina igikombe cy’Isi yamenye amatsinda abarizwamo

  Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Paris Saint Germain yisanze mu itsinda rimwe na Atletico Madrid, Botafogo na Sounders FC. Iyi tombola igaragaza uko amakipe azahura mu matsinda yabaye ku mugoroba ku wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024 ibera mu Mujyi wa Miami […]

Continuer la lecture

Igihe umukino wa Rayon Sports na APR FC uzabera cyamenyekanye

Nyuma y’igihe kinini hariho urujijo ku gihe Umukino w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda ugomba guhuza Rayon Sports na APR FC uzakinirwa, wamaze gushyirwa tariki ya 7 Ukuboza 2024. Tariki ya 14 Nzeri 2024 ni bwo Rayon Sports yagombaga kwakira ikipe ya APR FC kuri Stade Amahoro, ariko ntiwakinwa kuko Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yakinaga […]

Continuer la lecture

MINISPORTS igiye gukemura ikibazo cy’abakinnyi b’amagare basabwe gusubiza ayo bitorezagaho

Minisiteri ya Siporo yijeje gukurikirana ibibazo byatangajwe n’abakinnyi b’umukino w’amagare, bavuze ko badafite amahirwe yo kwitabira amarushanwa, ndetse ko bahura n’ibibazo mu myitozo yabo, kandi hari amagare yakuweho yari yaratanzwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare (FERWACY). Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Nelly Mukazayire, aherutse gusura ikigo cya UCI gishinzwe imyitozo y’umukino w’amagare mu Rwanda, giherereye mu […]

Continuer la lecture

FERWACY yihakanye Munyaneza Didier Mbappé

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryanyomoje Munyaneza Didier uzwi nka Mbappé wavuze ko yimwe igare ry’ikipe y’igihugu nyamara atararisabye. Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 30 Ukwakira 2024, ibinyujije ku rukuta rwe rwa x yagaragaje ko yimwe igare ryo kwitegura isiganwa bitewe nuko mugenzi we yagaragaje ibitagenda neza mu Ishyirahamwe. Ati: “Mu gihe […]

Continuer la lecture

Paul Muvunyi, Gacinya na Sadate mu bagiye gufasha Rayon Sports mu gihe itarabona ubuyobozi

Nyuma y’uko Komite Nyobozi ya Rayon Sports isoje manda y’imyaka ine, amatora y’abayobozi bashya akaba ataraba, inzego zitandukanye zateranye zigena akanama k’agateganyo kazafasha iyi kipe mu gihe gito iri mu nzira zo kwitegura ubuyobozi bushya. Aka kanama kagizwe na Paul Muvunyi, Munyakazi Sadate, na Gacinya Chance Denis, kagamije gufasha Rayon Sports gutegura ahazaza no kwinjira […]

Continuer la lecture

Barcelona vs Real Madrid : Amanota y’Abakinnyi ku 10 muri El Clasico

Mu mukino wari witezwe cyane muri shampiyona ya La Liga, ikipe ya FC Barcelona yatunguye Real Madrid kuri stade ya Santiago Bernabeu, ibatsinda ibitego 4-0 muri El Clasico. Ikipe ya Hansi Flick yakoze impinduka zashimangiye intsinzi ikomeye, mu gihe Real Madrid yari mu bihe bigoye mu gice cya mbere cy’umukino. Barcelona yatangiye umunsi nabi, ariko […]

Continuer la lecture

Umukino wa APR FC na Rayon Sports wasubitswe, uzashakirwa indi tariki

Ubuyobozi bwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) bwatangaje ko umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports ku itariki ya 19 Ukwakira 2024 wasubitswe. Ibi byaje nyuma y’ubusabe bwa APR FC bwo gusaba ko ingengabihe isanzwe ya Shampiyona yakubahirizwa, bityo uyu mukino ukazashakirwa undi munsi uzakinirwaho. Aya makipe azwiho guhangana cyane […]

Continuer la lecture

Myugariro wa Gasogi United yatumijweho na RIB mbere yo guhura na Rayon Sports

Umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, Nshimiyimana Marc Govin, yatumijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo yisobanure ku birego ashinjwa. Ibaruwa yatumijweho Nshimiyimana Govin yari iteganya ko yitaba RIB ya Kanombe ku wa Gatanu tariki ya 20 Nzeri 2024 saa tatu n’igice za mu gitondo. Amakuru atangwa na IGIHE dukesha iyi nkuru […]

Continuer la lecture