APR FC yisubije Omborenga Fitina

Myugariro w’Ikipe y’igihugu, Amavubi, ukina ku ruhande rw’iburyo, Omborenga Fitina, wari umaze umwaka muri Rayon Sports, yasubiye mu ikipe ya APR FC. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yemeje ko uyu mukinnyi yagarutse yayigaritsemo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Kamena 2025. Iyi kipe yanditse kuri X iti “Omborenga Fitina agarutse mu rugo gusoza ibyo atasoje.” […]

Continuer la lecture

APR FC yerekanye abakinnyi batanu bashya

Nyuma y’iminsi bivugwa ko hari abakinnyi bamaze kuyisinyira ariko yo itarabivugaho, ikipe ya APR FC noneho yabishyizeho umucyo igaragaza abakinnyi batanu bashya imaze gusinyisha nk’abakozi ba yo bashya. Ibicishije ku rukuta rwa yo rwa X, ikipe y’Ingabo yerekanye abakinnyi bashya barimo Iraguha Hadji, Bugingo Hakim bavuye muri Rayon Sports, umunyezamu, Hakizimana Adolphe wavuye muri AS […]

Continuer la lecture

Muri Rayon Sports bararebana ay’ingwe

Muri Komite Nyobozi y’Umuryango wa Rayon Sports ndetse n’izindi nzego ziyishamikiyeho, hongeye kumvikana umwuka mubi uri gutuma hari ibikorwa bidindira. Abari hafi y’ikipe ya Rayon Sports, bahamya ko kugira ngo ibure igikombe cya shampiyona, harimo n’ukuboko kwa bamwe mu bari mu buyobozi bwa yo mu nzego zitandukanye. Aba babihera ko Komite Nyobozi y’Umuryango w’iyi kipe […]

Continuer la lecture

Police FC yatandukanye na Mashami Vincent

Ubuyobozi bwa Police FC, bwemeje ko butazakomezanya na Mashami Vincent wari umaze imyaka itatu ari umutoza mukuru wa yo. Nyuma yo gusoza umwaka w’imikino 2024-25, Police FC yatangiye gushimira abo izatazakomezanya na bo. Uwahereweho, ni Mashami Vincent wari umaze imyaka itatu ayibereye umutoza mukuru. Police FC yatangaje ko itazakomezanya na Mashami ndetse imushimira ibihe bagiranye. […]

Continuer la lecture

Niyomugabo Claude mu nzira yerekeza muri Azam FC

Kapiteni w’ikipe ya APR FC, Niyomugabo Claude, ari mu biganiro bya nyuma n’ikipe ya Azam FC yo muri Tanzania, aho bivugwa ko ashobora kwerekeza yo bitarenze uku kwezi kwa Kamena 2025. Kapiteni wa APR FC,ashobora kwerekeza muri Azam FC yo muri Tanzania ndetse bivugwa ko ibiganiro bigeze kure ku buryo yagenda muri uku kwezi. Niyomugabo […]

Continuer la lecture

Meddie Kagere and Ngwabije Clovis return to Amavubi squad for june friendlies

After a period of absence from the national team, veteran striker Meddie Kagere and defender Ngwabije Bryan Clovis have been recalled to the Rwanda national football team, Amavubi, ahead of two international friendlies set for June 2025. On May 28, 2025, the head coach of Amavubi, Adel Amrouche, announced a 27-man squad that will take […]

Continuer la lecture

Arsenal yamaze gusinyisha Martin Zubimendi

Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze gusinyisha Martin Zubimendi, umukinnyi wo hagati wakiniraga Real Sociedad, mu rwego rwo kongera imbaraga mu kibuga hagati mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2025/2026 utangira. Uyu mukinnyi w’imyaka 25, azwiho ubuhanga bwo gutanga imipira no kugenzura umukino, ndetse akaba yitezweho gusimbura Jorginho, uri hafi kurangiza amasezerano ye muri Arsenal. […]

Continuer la lecture

Umutoza wa Rayon sports yakomoje kuri bimwe bamwe bise ‘ikinamico’ nyuma y’uko APR FC inyagiye Rutsiro FC ibitego 5-0

Umutoza ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi muri Rayon Sports, Ayabonga Lebitsa, yavuze ko hatabaye ubutabera nyuma y’uko APR FC itsinze Rutsiro FC ibitego 5-0, ku mukino w’umunsi wa 26 wa Shampiyona. Uyu mukino wabereye kuri Stade Umuganda kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025, aho APR FC yatsinze ibitego byinshi byinjijwe na Djibril Quattara, […]

Continuer la lecture

FC Barcelone yegukanye Copa del Rey itsinze Real Madrid ku mukino wa nyuma [AMAFOTO]

FC Barcelone yegukanye igikombe cya Copa del Rey ku nshuro ya 32 mu mateka yayo, nyuma yo gutsinda Real Madrid ibitego 3-2 ku mukino wa nyuma wari wuzuyemo ishyaka n’ubushyamirane. Uyu mukino wabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025, kuri Estadio de La Cartuja i Seville. Real Madrid yari itishimiye […]

Continuer la lecture

Virgil van Dijk yongereye amasezerano muri Liverpool

Kapiteni wa Liverpool FC, Virgil van Dijk, yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe ikomeye yo mu Bwongereza, yemeza ko akomeje urugendo rwo kwandikira amateka akomeye kuri Anfield. Ku wa Kane, tariki ya 17 Mata 2025, nibwo Liverpool yatangaje ko uyu myugariro w’imyaka 33 azakomeza kuyikinira kugeza mu mpeshyi ya 2027. Mu mashusho yasangijwe ku […]

Continuer la lecture

Niki cyateye ikibazo cy’amatara cyasubitse umukino wa Mukura na Rayon Sports

Umukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro wagombaga guhuza Mukura Victory Sports na Rayon Sports kuri Stade Huye, wahagaritswe utarangiye kubera ikibazo cy’amashanyarazi cyatumye amatara acana iyi stade azima burundu. Uyu mukino wari witezwe n’abafana benshi mu gihugu, watangiye utinzeho iminota 28, nyuma yo gutegereza ko amatara acanwa neza. Ku munota wa 17 w’umukino, wari uhagaze […]

Continuer la lecture