Marriott Hotel yahakanye inkongi y’umuriro byavuzwe ko yayadutsemo

Ubuyobozi bwa Kigali Marriott Hotel ikorera mu Mujyi wa Kigali, bwahakanye ko inyubako yayo yafashwe n’inkongi y’umuriro, nyuma y’uko hagaragaye hacumba umwotsi mwinshi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Mata 2024, ku igorofa ya nyuma y’inyubako ikoreramo iyi hoteli, hagaragaye hacumba umwotsi w’umukara mwinshi, aho byakekwaga ko ari inkongi yayibasiye. Ubuyobozi bw’iyi […]

Continuer la lecture

Bamutemye amaguru yombi, batemagura abo tuvukana bose ndeba

Ishimwe Vanessa ukomoka mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ntarama, yavuze urupfu rw’agashinyaguro abavandimwe be n’ababyeyi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bishwe agasigara wenyine mu muryango. Ni ubuhamya uyu mubyeyi wavukaga mu muryango w’abana 7 yahaye ikinyamakuru Isimbi dukesha iyi nkuru, mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi […]

Continuer la lecture

#Kwibuka30: Umunyamakuru Isheja Butera yavuze ibyo yakorewe n’Interahamwe

Isheja Butera Sandrine yakomoje ku bunyamaswa bw’Interahamwe yabonesheje amaso ubwo yari afite imyaka itanu mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ku wa 08 Mata 2024, yavuze ko hari Interahamwe yitwaga Bosco yamukubise umugeri mu gatuza inamugera umuhoro igihe kumwica, ashima Imana yamwongereye iminsi yo kubaho. Yanasabye abarokotse […]

Continuer la lecture

Ubufaransa iyo bubishaka bwariguhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuva 1990 kugeza 1993, Jean Varret yari umuyobozi wubutumwa bwubufatanye bwa gisirikare. Yabonye ibimenyetso byubwicanyi bwari bugiye kuba mu Rwanda, agerageza kubirwanya ariko ntiyumva. Ndetse yari ku ruhande. Ibi nibyo abwira RFI dukesha iyi nkuru. IKIGANIRO YAGIRANYE NA RFI RFI: Perezida Emmanuel Macron yemera ko Ubufaransa bwashoboraga guhagarika ubwicanyi mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi, […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yavuze ku munyamabanga wa USA Anthony Blinken wagoretse imvugo ijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Kagame yavuze ko babwiye Amerika ko ibyo kugoreka amateka ya jenoside no kuyiha indi nyito bajya babikora mu yindi minsi ariko bakareka tariki ya 07 Mata ikaba iyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa bwe, Blinken yavuze ko “Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije n’abaturage b’u Rwanda muri iki gihe cyo Kwibuka30 inzirakarengane za […]

Continuer la lecture

Urujijo : Umwe mu bakekwaho Jenoside mu murenge wa Mukura aratoteza umurinzi w’Igihango

Kayonga Barnabasi usanzwe ari muri komite y’abacitse ku icumu mu murenge wa Mukura mu karere ka Rutsiro aravugwaho gutoteza umwe mu barinzi b’Igihango wahishe abantu muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.   Amakuru aturuka muri uyu murenge avuga ko Barnabasi avugwaho gukora Jenoside akica abatutsi ndetse akanasahura imitungo yabo. Kuri ubu aravugwaho gutoteza umwe mu […]

Continuer la lecture

Le Congo demande aux pays étrangers de ne pas s'immiscer dans les affaires du Rwanda

  Umuvugizi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko RDC itazigera na limwe ijya mu biganiro na M23 ndetse asaba amahanga guhagurukira u Rwanda akarufatira ibihano bikomeye. Ni mu kiganiro yaraye agiranye n’ikinyamakuru cy’Abongereza BBC.   Muri icyo kiganiro yahakanye ibivugwa ko Minisitiri w’Ingabo wa Congo, Jean Pierre Bemba aherutse kujya i Goma mu […]

Continuer la lecture

“Nibataza dushobora kubasubiza amafaranga.” Perezida Kagame avuga ku mpunzi zizava mu Bwongereza

Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba gahunda y’abimukira bazava mu Bwongereza ikomeje kugenda biguru ntege ari ikibazo kireba u Bwongereza aho kuba u Rwanda, ndetse ashimangira ko Igihugu cyiteguye gusubiza amafaranga cyahawe n’u Bwongereza muri iyi gahunda, mu gihe byaba bibaye ngombwa. Ibi Perezida Kagame yabitangarije ikinyamakuru The Guardian, kuri uyu wa Gatatu, tariki 17 […]

Continuer la lecture

FARDC igize icyo ivuga kubasirikari bayo bavogereye ubutaka bw’u Rwanda

Mu itangazo basohoye mu minota mike barinyujije ku rukuta rwa X, Igisirikari cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo FARDC bagize icyo bavuga ku basirikari b’icyo gihugu bavogereye ubutaka bw’u Rwanda.   N’itangazo riri mu rurimi rw’igifaransa rigira riti “Abasirikari batatu b’Igisirikari cya Congo bari ku burinzi ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi […]

Continuer la lecture