USA: Donald Trump yashinjije OTAN kudatanga umusanzu mu ntambara ihanganyemo na Iran.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze bikomeye ibihugu bifatanyije na Amerika mu muryango wa OTAN, abishinja kudatanga umusanzu uhagije mu guhangana na Iran, ndetse abita “ibigwari”. Ibi Trump yabivuze mu gihe intambara hagati ya Amerika ifatanyije na Israel na Iran imaze ibyumweru bitatu, nyuma y’ibitero byagabwe ku wa 28 Gashyantare 2026, […]
Continuer la lecture
