U Rwanda rugomba kwirwanaho igihe cyose ruzaterwa

  Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024, Umuyobozi w’ishyaka DGPR ndetse akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida yagarutse ku mutekano uvugwa mu KARERE Aho yatangaje igihe cyose u Rwanda rwaterwa rugomba kwirwanaho natwe rugishije inama. Kuba Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yaragiye yigamba kenshi azatera u Rwanda, uyu […]

Continuer la lecture

RUBAVU: Ishyaka DGPR ryaserukanye umucyo I Mahoko

  Kuri uyu wa Kabiri Nyakanga 2024 ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza Aho imbaga y’abaturage yagaragaje akanyamuneza n’umunezero mu kwishimira imigabo n’imigambi iri shyaka ribazaniye. Abiganjemo urubyiruko n’abakuze nibo bari biganje mubari bitabiriye ibi bikorwa byo kwamamaza DGPR barazwe n’umudiho wikiranwaga n’akamwenyu mu maso. Hon Dr Frank Habineza Perezida […]

Continuer la lecture

Nyabihu : Dr Frank Habineza n’ishyaka DGPR bakoze ku mutima wa benshi

kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024 mu KARERE ka Nyabihu mu gasanteri ka Mukamira,abaturage ndetse na bamwe mu basirikare bashimiye Dr Frank Habineza bamwifuriza kuba Commandant in chief. Ibi ni ibyatangajwe na Bwana Modeste umurwanashyaka ndetse akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) mu ntara y’iburengerazuba yakira abashyitsi yagarutse ku butumwa yahawe n’abasirikare […]

Continuer la lecture

Gushyira Agronome ku kagari imwe migambi mishya ishyaka DGPR rizaniye abanyarwanda nirimara gutorwa

Umuyobozi w’ishyaka rigamije Demokarasi no kurengera ibidukikije Hon Dr Frank Habineza yabwiye abaturage bo mu murenge wa Tyazo ahazwi nka Kanjongo mu KARERE ka Nyamasheke ko nibamutora bagatora n’abadepite b’iri shyaka ko service zimwe na zimwe zibarizwa ku murenge zizamanurwa ku kagari. Ni mu gikorwa cyo kwiyamamaza ku munsi wa 10, iri shyaka DGPR ryakorewe […]

Continuer la lecture

Rusizi: Ishyaka DGPR rizazana gari ya moshi no kudafunga imipaka n’ibihugu bituranyi

kuri uyu wa mbere tariki ya 1Nyakanga 2024, ishyaka rya Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR, ryatangaje ko ritazemera na Gato gufungwa umupaka uko ushatse ko niritorwa rizashyiraho uburyo kubyuka ugafunga umupaka uko ushaka bitazashoboka. Hon Jean Claude Ntezimana Umunyamabanga mukuru w’ishyaka aka umwe mu bakandida  depite 50  ba DGPR ndetse akaba ashinzwe ibikorwa byo kwamamaza […]

Continuer la lecture

DGPR izagabanya imyaka ya Pansion inashyireho umushahara fatizo

kuri iki cyumweru tariki ya 30 Kamena 2024, ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ku munsi wa 9 wo kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika n’abadepite ryatangaje ko niriramuka ritowe rizagabanya imyaka ya pansiyo,gushyiraho umushahara fatizo ndetse no kongera umubare w’abadepite.Ibi byatangarijwe mu kagari ka Rango A umurenge wa Mukura mu KARERE ka […]

Continuer la lecture

DGPR yijeje abaturage ba Kabaya uruganda rukora Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru

Ku munsi wa 8 ubwo ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR mu murenge wa Kabaya mu KARERE ka Ngororero ryatangaje ku mugaragaro ko nibatora Dr Frank Habineza nka Perezida ndetse n’abadepite baryo ko rizabazanira uruganda rutunganya Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru. Perezida w’ishyaka DGPR akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, imbere […]

Continuer la lecture

Akarere ka Ngoma kasubije Dr. Frank Habineza wagashinje kumubangamira ari kukiyamamarizamo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma bwahakanye ibyatangajwe n’Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, DGPR, ku mwanya w’umukuru w’Igihugu, Dr Frank Habineza, ko ibikorwa bye byo kwiyamamaza byabangamiwe. Ku wa Mbere tariki ya 23 Kamena 2024 nibwo Dr Frank Habineza yakorewe ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu Karere ka Ngoma asaba abaturage kumutora ndetse anabizeza ko natorwa […]

Continuer la lecture

Kamonyi: Dr. Frank Habineza yakiranywe urugwiro n’abaturage benshi

Dr. Frank Habineza yiyamamarije mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kagari ka Gihara yakirwa neza ndetse abaturage bitabira ku bwinshi. Kuri iki cyumweru taliki ya 23 Kamena 2024, abakandida batandukanye ku mwanya wa perezida n’abadepite bo mu ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR), biyamamarije mu karere ka Kamonyi bageza ku baturage […]

Continuer la lecture

Perezida Tshisekedi yagize ubwoba none yashyizeho umuyobozi mushya w’ikigo gishinzwe iperereza

Binyuze mu itangazo rya perezida ryasohotse ku wa gatanu,tariki 31 Gicurasi , Félix Tshisekedi yagize Justin Inzun Kakiak umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (ANR). Justin Inzun Kakiak yigeze kuyobora uru rwego kuva muri Werurwe 2019 kugeza mu Ukuboza 2021, ubwo yagirwaga Ambasaderi udasanzwe wa RDC i Brazaville muri Repubulika ya Congo. Iri teka rya […]

Continuer la lecture