Yarashwe kenshi ararusimbuka, arwana n’ibyihebe ntiyapfa- Gen (Rtd) Ibingira ku bigwi bya Lt Gen Kabandana

Abo mu muryango wa Lt Gen Kabandana Innocent n’abo babanye mu gisirikare kuva ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi bagaragaje ko yari intwari ku rugamba, atabara ubuzima bwa benshi ndetse nyuma akomeza kwigisha urukundo mu Banyarwanda. Lt Gen Kabandana yavutse mu 1968. Yari mu ngabo zarwanye urugamba rwo kubohora igihugu kuva […]

Continuer la lecture

Abapolisi 24 basoje amahugurwa yihariye mu bijyanye no gukoresha intwaro

Ku wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri, mu Kigo gitangirwamo amahugurwa yo kurwanya iterabwoba giherereye i Mayange mu Karere ka Bugesera, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa yihariye ahabwa abapolisi mu bijyanye no gukoresha intwaro n’amayeri yo guhangana n’ibihungabanya umutekano azwi nka ‘SWAT Course’. Ni amahugurwa y’icyiciro cya 5, yitabiriwe n’abagera kuri 24 mu gihe cy’amezi […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi w’Inama y’Igihugu by’Itangazamakuru ya UAE

Kuri uyu wa 09 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed, Umuyobozi w’Ibiro by’Igihugu by’Itangazamakuru, (National Media Office) akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Itangazamakuru muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE Media Council, UAEMC) baganira ku kunoza imikoranire mu by’itangazamakuru. Ibiganiro bya Sheikh Abdulla bin Mohammed […]

Continuer la lecture

Musanze: Iyangirika ry’ikiraro gihuza Kinigi na Musanze ryahagaritse imihahiranire

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, cyane abo mu Mirenge ya Musanze na Kinigi, bavuga ko bahangayikishijwe n’ikiraro giherereye mu Kagari ka Cyabagarura cyangiritse, kikaba kimaze igihe kinini kidakoreshwa nyamara ari cyo cyabafashaga mu buhahirane n’Imirenge ihakikije. Iki kiraro cy’ingenzi cyangiritse ku buryo cyabaye inzitizi ku modoka zatwaraga ibicuruzwa. Abaturage bavuga ko ubu […]

Continuer la lecture

RDC: Ikibazo cya Wazalendo na Brig Gen Gasita kigiye guhagurutsa intumwa za Guverinoma

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igiye kohereza intumwa mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo kugira ngo zumvikanishe abasirikare ba Leta n’imitwe yitwaje intwaro iri mu ihuriro rya Wazalendo. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama yahuje Perezida Félix Tshisekedi, Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka, Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Vital Kamerhe, Perezida wa Sena, […]

Continuer la lecture

Menya ibikoresho bya gisirikare bigomba kugirwa ibanga

Mu buzima bw’igihugu umutekano ushyirwa imbere ya byose. Na Bibiliya ivuga ko umwami uzi ubwenge iyo agiye gutera igihugu cya mugenzi we agomba kubanza kumenya niba afite ingabo nyinshi n’intwaro zizatsinda iz’uwo agiye kugabaho igitero, nubwo iyi ngingo iba ari ibanga rikomeye kuri buri wese. Ingabo z’u Rwanda zimaze imyaka myinshi zishimwa n’Abaturarwanda n’abo mu […]

Continuer la lecture

Menya amashuri 10 ahenze kurenza andi mu Rwanda

Uburezi ni imwe mu nkingi z’iterambere igihugu cy’u Rwanda cyubakiyeho. Abenshi basobanukiwe umumaro w’uburezi bwiza ku buryo bemera kwishyura akayabo kugira ngo abana babo babone uburezi bufite ireme, bufasha kubaka ejo hazaza heza. Aya ni amashuri 10 yo mu Rwanda azwiho kwishyura amafaranga menshi ku mwaka kugira ngo umunyeshuri abashe kuhiga: 1. International School of […]

Continuer la lecture

U Rwanda na Senegal byemeranyije guhererekanya serivisi z’indege

Ku wa Mbere tariki ya 8 Nzeri, u Rwanda na Senegal byasinyanye amasezerano yo guhererekanya serivisi z’indege (BASA), agamije kongerera imbaraga ubwikorezi bwo mu kirere bukorwa hagati y’ibihugu byombi. Ayo masezerano agamije guteza imbere ingendo z’indege hagati y’ibihugu byombi,  afungurira amarembo Sosiyete Nyarwanda ikora Ubwikoeri bwo mu Kirere (RwandAir), yo gukorera ingendo zijya n’iziva muri […]

Continuer la lecture

Ngoma: Umusore w’imyaka 18 yagiye gukiza abarwanaga umwe amukubita ishoka arapfa

Umusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Rurenge, yagiye gukiza abantu babiri barwanaga barimo umuvandimwe we, umwe amukubita ishoka mu mutwe birangira yitabye Imana. Ibi byabaye ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, bibera mu Mudugudu wa Gitobe mu Kagari ka Muhurire mu Murenge wa Rurenge mu Karere ka Ngoma. Abaturage […]

Continuer la lecture

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG, yateguje abafatabuguzi bayo ko kubera imirimo yo kwagura imwe mu miyoboro yayo, hazabaho ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali ndetse no mu Ntara y’Iburengerazuba. Ku ruhande rw’Intara y’Iburengerazuba, Ibura ry’umuriro riteganyijwe ku wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri 2025, ubwo hazaba hari gusanwa imiyoboro ya Kilinda […]

Continuer la lecture

Rusizi: Abarenga 300 bagiye gusubizwa mu ishuri mu kwezi kumwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bwihaye intego ko bitarenze tariki ya 30 Nzeri 2025 buzaba bwasubije mu ishuri abana 345 baritaye. Muri Mutarama 2025, aka karere kabaruye abana bagera kuri 700 bataye ishuri, ariko ku bufatanye n’izindi nzego abagera kuri 355 akaba ari bo bamaze gusubizwa mu ishuri. Umurezi mu kigo cya GS Kibumba, […]

Continuer la lecture