AFC/M23 yerekeje amaso ku mijyi ya Uvira na Kisangani

Nyuma y’iminsi abarwanyi ba AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Nzibira wari ihuriro ndetse n’ahategurirwa ibitero by’ingabo za Leta ya Congo n’imitwe bafatanyije, batangaje ko bagomba kubohora Uvira, Mwenga na Kisangani. Umujyi wa Nzibira ni umwe mu y’ingenzi muri Kivu y’Amajyepfo, uzwiho ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro arimo gasegereti na zahabu. AFC/M23 yafashe byuzuye uyu mujyi ku wa 22 […]

Continuer la lecture

Abanyakenya 20 batabawe bagiye gucuruzwa ngo bajye kurwanira u Burusiya muri Ukraine

Polisi yo muri Kenya yatangaje ko yatabaye abantu 20 bikekwa ko bari bagiye gucuruzwa ngo bahite boherezwa kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine. Iki gikorwa cyabanjirijwe n’ubutasi bwakozwe hagenzurwa inzu yo gucumbikamo iri i Nairobi, ahafatiwe ibyangombwa birimo impapuro zikoreshwa mu ngendo mpuzamahanga, amabaruwa akubiyemo akazi bateganyirijwe n’ibindi. Umwe mu bakekwaho uruhare mu […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 35 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 3

Mu Mudugudu wa Rubeho, Akagari ka Rugali, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke haravugwa Tuyisenge Edouard w’imyaka 35 wasanzwe mu gikoni cy’iwabo asambanya umwana w’imyaka 3 w’umuturanyi, akaba yatawe muri yombi afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo. Nyina w’uyu mwana, Uwingabiye Marguerite avuga ko bari kumwe iwe mu rugo, yinjira mu nzu amusize aho […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Abanyerondo 2 bafatiwe mu iduka bari kwiba

Abanyerondo 2 Ndayishimiye Elie w’imyaka 19 na Dusingizimana Emmanuel w’imyaka 25, bari mu irondo ry’umwuga ryacungaga santere y’ubucuruzi ya Banda, mu Mudugudu wa Gahira, Akagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma yo gufatirwa na bagenzi babo mu iduka biba. Bafatiwe mu iduka rya Bankundiye Odette […]

Continuer la lecture

RFI igiye kujya ipima ADN z’abangavu bamaze ibyumweru bitandatu batwite mu kubaha ubutabera hakiri kare

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI) cyatangaje ko kigiye gutangira gupima uturemangingo ndangasano (ADN) tw’abangavu bamaze ibyumweru bitandatu batewe inda, kugira ngo hamenyekane abazibateye bityo babone ubutabera hakiri kare. Byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru wa RFI, Dr. Karangwa Charles mu bukangurambaga iki kigo cyari kiri gukorera mu turere dutanu two mu Ntara […]

Continuer la lecture

Bugesera: Umugabo yishe umugore we amukekaho kumuca inyuma ahita yishyikiriza Polisi

Umugabo w’imyaka 27 wo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Mayange, akurikiranyweho kwica umugore we akoresheje umuhoro, aho avuga ko yabitewe no kumukekaho kumuca inyuma, nyuma yijyana kuri Polisi kugira ngo afungwe. Ibi byabaye mu rukerera rwo ku wa 25 Nzeri 2025, bibera mu Mudugudu wa Cyaruhirira mu Kagari ka Mbyo mu Murenge wa […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yongereye ingabo muri Walikale

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri gurupoma ya Kisimba, mu rwego rwo kwitegura kurinda abaturage cyane ko ibitero by’Ingabo za RDC n’abo bafatanyije bikomeje gukaza umurego muri iyi minsi. Tariki ya 24 Nzeri 2025, […]

Continuer la lecture

Kaminuza y’u Rwanda n’iya Korea y’Epfo byemeje guteza imbere ubushakashatsi

Kaminuza y’u Rwanda (UR) na Kaminuza ya Yonsei yo muri Koreya y’Epfo, basinyanye amasezerano y’ubufatanye (MoU) mu by’uburezi, by’umwihariko mu guteza imbere ubushakashatsi no guha icyerekezo abashakashatsi. Aya masezerano yasinywe ku wa 24 Nzeri mu nama yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 140 ya Kaminuza ya Yonsei, ahagarariwe na Prof. Kayihura Muganga Didas, Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza […]

Continuer la lecture

Dr. Karangwa wa RFI yatanze inama ku bapimisha ADN ngo bahamye ko abana ari ababo

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI), Dr. Charles Karangwa, yasabye ababyeyi bifuza gupimisha uturemangingo ndangasano (ADN) ngo bamenye niba abana ari ababo ko babigendamo gake, kuko bishyira mu kaga abo bana n’umuryango Nyarwanda muri rusange. Muri RFI, imwe muri serivisi izwi cyane batanga ni ugupima ADN mu kureba […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yavuze ko ishaka kubohora RDC

Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko bafite inshingano yo kubohora igihugu, abatuye mu duce babohoye bakazagerwaho n’imiyoborere myiza. Yabigarutseho ubwo yasozaga amahugurwa agamije kongerera abakozi ubushobozi ku wa 23 Nzeri 2025. Nangaa yavuze ko impinduramatwara bari gukora “ikubiyemo impinduka zikomeye. Ibice twabohoye bigomba kugerwaho n’imiyoborere […]

Continuer la lecture

Nyarugenge: RIB yataye muri yombi abakubitiye umuturage ku biro by’Akagari

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu baherutse kugaragara mu mashusho bakubitira umuntu mu biro by’Akagari ka Munanira gaherereye mu Murenge wa Nyakabanda wo mu Karere ka Nyarugenge. Ibi uru rwego rwabitangaje rubinyujije ku mbuga nkoranyambaga zarwo, ku wa 25 Nzeri 2025. RIB yagaragaje ko aba bagabo bagaragaye mu mashusho bakubitira umuntu […]

Continuer la lecture