America yarashe ikirwa Gifatiye runini igihugu cya Iran.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu ijoro ryo ku wa 13 Werurwe 2026 yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zasenye ibirindiro by’ingabo za Iran biri ku kirwa cya Kharg gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Tehran. Uyu Mukuru w’Igihugu yagize ati “Mu kanya gashize, hashingiwe ku ibwiriza ryanjye, ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba […]

Continuer la lecture

Abagabo bashegeshwa no gutandukana n’abo bakundanaga kurusha abagore – Ubushakashatsi

Nubwo benshi batekereza ko abagabo batita cyane ku rukundo nk’uko abagore babigenza, ubushakashatsi bwerekanye ko ari bo baba bafite intimba nyinshi iyo batandukanye n’abo bakundanaga. Abahanga mu by’imitekerereze bo muri kaminuza zo mu Bwongereza no mu Busuwisi bakoze ubushakashatsi bwagutse ari nabwo bwa mbere bukozwe ku ngaruka zo gutandukana n’uwo mwakundanaga, dore ko hari abo […]

Continuer la lecture

Uganda: batanu bahagaritswe bazira gusheta ku mikino bizwi nka ‘betting’.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA), ryahagaritse abakinnyi n’abayobozi mu mupira w’amaguru nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugira uruhare mu kugena ibiva mu mukino kubera ‘betting’. Ku wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire muri FUFA yatangaje umwanzuro nyuma y’iperereza ku mukino wabaye tariki ya 21 Ukuboza 2024, ukarangira Kitara […]

Continuer la lecture

Umunyarwenya Japhet Mazimpaka Yagizwe umuyobozi Mushya wa Televiziyo ya KC2.

Umunyarwenya Japhet Mazimpaka wamamaye mu itsinda rya Bigomba Guhinduka, yagizwe Umuyobozi wa Televiziyo KC2, asimbuye Gloria Mukamabano uherutse kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Werurwe 2026, Mazimpaka yakoze ikiganiro cya nyuma asezera ku Magic Fm, aho yari asanzwe akora mu kiganiro cya mu gitondo, anashimira abafana be ku […]

Continuer la lecture

Umushoramari ukomeye witwa Abdul Samad Rabiu  yashimagije imiyoborere ya Perezida Paul KAGAME.

Umushoramari akaba n’umwe mu bakire bakomeye muri Afurika, Abdul Samad Rabiu, yatangaje ko imiyoborere ya Perezida Kagame ireba kure ndetse igaharanira iterambere ry’u Rwanda, ikomeje kubera urugero ibindi bihugu bya Afurika. Uyu mugabo yabitangaje nyuma yo kugirana ibiganiro na Perezida Kagame wari witabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire mu bikorwa bigamije iterambere […]

Continuer la lecture

Huye: batatu bishwe n’inzonga z’inkorano zitujuje ubuziranenge.

Abantu batatu bo mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Maraba barimo abagabo babiri n’umugore umwe bapfuye inkurikirane, bikekwa ko bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge banyoye. Ibi byatangiye kuba ku wa 11 Werurwe 2026, ubwo abantu bajyaga kunywa inzoga mu rugo rw’umuturage wo mu Mudugudu wa Shyunga, Akagari ka Shanga, maze abaturage batanu batangira kumererwa nabi, […]

Continuer la lecture

Goma: Abaturage babyukiye mu myigaragambyo basaba AFC/M23 kubohora Igihugu cyose.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Werurwe 2026, abaturage benshi batuye i Goma bahuriye mu myigaragambyo yamagana igitero cya drones ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye muri uyu mujyi, basaba ihuriro AFC/M23 kubohora iki gihugu cyose. ku wa 11 Werurwe, Mu ma saa kumi y’urukerera nibwo drones z’ingabo za RDC zarashe ingo […]

Continuer la lecture

Abarundi bari barahungiye mu Rwanda batashye.

Abarundi 74 biganjemo abagabo bari barahungiye mu Rwanda mu bihe bitandukanye, batashye ku bushake mu gihugu cyabo bashima ko nta kibazo bagiriye mu Rwanda mu myaka itandukanye bari bahamaze. Batashye baciye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi uri i Nemba mu Karere ka Bugesera. Barimo abagore 30 n’abagabo 44. Baturutse mu miryango 47. Bageze mu […]

Continuer la lecture

Ikipe ya APR BBC yasimbujwe RSSB tiger mu mikino ya BAL yagombaga kwitabira muri Uku kwezi.

Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA rimaze gutangazako ko APR BBC itagihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya BAL. ahubwo Yasimbujwe RSSB Tigers Basketball Club. Mu itangazo iri shyirahamwe ryashyize hanze kuri uyu wa Kane, ryavuze ko RSSB Tigers Basketball Club yahawe aya mahirwe kubera umusaruro mwiza iyi kipe yagaragaje muri shampiyona y’u Rwanda. FERWABA […]

Continuer la lecture

Iran yarasiye ubwato bubiri butwara ibikomoka kuri peteroli hafi ya Iraq.

Iran yarashe ubwato bubiri butwara ibikomoka kuri peteroli mu mazi agenzurwa n’igihugu cya Iraq ndetse igaragaza ko ibiciro bya peteroli bizakomeza gutumbagira mu rwego rwo gusuzuma Donald Trump wavuze ko amaze gutsinda intambara ibihugu byose bimaze iminsi bihanganye. Iran yagaragaje ko ibitero ikomeje kugaba mu bihugu byo mu Burasirazuba bw’Isi bizatuma ibiciro byiyongera ku buryo […]

Continuer la lecture

Umuraperi w’Icyamamare Dr Dre yinjiye mu rutonde Rw’abaherwe nyuma yo kuzuza miliyari y’amadolari.

Umuraperi w’icyamamare ndetse n’umuhanga mu gutunganya umuziki, Dr. Dre, yinjiye ku rutonde rw’abaherwe b’Isi rwa 2026 rwatangajwe na Forbes, aho umutungo we ugeze kuri miliyari 1$. Ni ubwa mbere uyu mugabo ufite imyaka 61 agaragaye kuri uru rutonde rw’abaherwe nyuma y’imyaka myinshi ibikorwa bye by’ubucuruzi n’umuziki bikomeje kumwongerera umutungo. Ikinyamakuru Forbes cyagaragaje ko umutungo wa […]

Continuer la lecture