Ihuriro AFC/M23 yamaganye ibyo LONI yatangaje ibinyoma

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,(DRC) ryamaganye ibirego by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye riharanira uburenganzira bwa Muntu ibyita ‘ibinyoma bifite aho bihuriye na politiki’ , biyishinja kwica abaturage amagana muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’uwo mutwe, Lawrence Kanyuka yahakanye ibyo birego by’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu,(UNJHRO na OHCHR) byo kwica […]

Continuer la lecture

Abasirikare bashinzwe imyitwarire muri RDF basoje amahugurwa y’ibyumweru bitandatu

Abofisiye 163 n’abandi basirikare bafite andi mapeti bo mu Ishami Rishinzwe Imyitwarire mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) basoje amahugurwa akomeye bari bamazemo ibyumweru bitandatu. Ni amahugurwa yateguwe na RDF ku bufatanye n’Igisirikare cya Qatar. Yakorewe mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako (Rwanda Military Academy). Ibirori byo gusoza amahugurwa byayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Continuer la lecture

Perezida Ndayishimiye yashimye abasirikare b’u Burundi bemeye gupfira RDC

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashimye abasirikare b’igihugu cye bagiye mu ntambara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko bemeye gupfira Abanye-Congo. Ubwo abofisiye bo mu cyiciro cya cya 50 n’icya 51 bize mu ishuri rikuru rya gisirikare, ISCAM, i Bujumbura ku wa 6 Kanama 2025, Perezida Ndayishimiye yagaragaje ko aho abasirikare b’Abarundi […]

Continuer la lecture

Suède: Minisitiri w’Intebe uyoboza igihugu ChatGPT yabaye iciro ry’imigani

Minisitiri w’Intebe wa Suède, Ulf Kristersson, yabaye iciro ry’imigani nyuma yo gutangaza ko yifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rya ChatGPT mu gufata ibyemezo bimwe na bimwe bya politiki. Minisitiri Kristersson yavuze ko akoresha uru rubuga nk’inyunganizi itanga ibitekerezo byihariye ariko ko adashyiramo amakuru y’ibanga cyangwa areba umutekano w’igihugu. Gusa ibi ntibyakiriwe neza na bamwe mu banyapolitiki […]

Continuer la lecture

Nyarugenge: Hatawe muri yombi abantu 10 bakurikiranyweho ibikorwa by’ubujura

Polisi y’Umujyi wa Kigali iratangaza ko kuri uyu wa gatanu tariki 08 Kanama 2025 yataye muri yombi abantu 10 bakekwaho gukora ibikorwa by’ubujura bwo gutobora inzu bakiba ibikoresho byo mu nzu, ndetse bagatega abaturage bakabambura ibyabo. Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Wellars Gahonzire. Yavuze ko abo bantu bafatiwe mu […]

Continuer la lecture

Rulindo: Polisi yataye muri yombi abantu barindwi bacukuraga zahabu

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo ifatanyije n’izindi nzego yataye muri yombi abaturage barindwi bacukuraga zahabu mu buryo butemewe. Bayacukuraga mu Murenge wa Rukozo mu Kagali ka Mberuka. Batawe muri yombi mu rukerera rwo ku wa 8 Kanama 2025. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, IP Ignace Ngirabakunzi, yasabye abaturage kwirinda ubucukuzi bw’amabuye […]

Continuer la lecture

Perezida Tshisekedi yashyizeho Guverinoma ivuguruye

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 7 Kanama 2025 yashyizeho Guverinoma ivuguruye iyobowe na Judith Suminwa Tuluka wari usanzwe ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Tshisekedi ahamya ko iyi Guverinoma ari iy’ubumwe bw’Abanye-Congo, ashingiye ku kuba irimo bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe bemeye gukorana na we kugira ngo bakemure ibibazo […]

Continuer la lecture

Kinshasa: Mu rukiko: Amazina ya Kabila yashidikanyijweho

Urubanza rwa Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 rwakomeje kuri uyu wa 7 Kanama 2025, aho aburanishwa ibyaha birimo kugambanira igihugu no kuba mu mutwe w’ingabo utemewe n’amategeko. Ubushinjacyaha bushinja Kabila kuba umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 riganzura ibice byinshi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, […]

Continuer la lecture

Musanze: Umurambo w’uwarohamye muri Ruhondo wabonetse nyuma y’iminsi 9

Umurambo wa Musangwamfura, warohamye mu kiyaga cya Ruhondo ubwo yari mu gikorwa cyo kuroba, wabonywe nyuma y’iminsi icyenda utaruburuka, bitera agahinda n’amarira abatuye mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze. Nyakwigendera Musangwamfura bivugwa ko yari amaze imyaka myinshi akora umwuga wo kuroba, yagiye mu kiyaga nk’uko asanzwe abikora, ararohama. Inzego z’umutekano wo mu mazi […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yasobanuye impamvu itohereje intumwa i Doha

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryasobanuye ko ritohereje intumwa i Doha kuko Leta ya Qatar itararyoherereza ubutumire. Tariki ya 19 Nyakanga 2025, AFC/M23 na Leta ya RDC byashyize umukono ku mahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro, bibifashijwemo na Leta ya Qatar. Impande zombi zumvikanye ko zizatangira kubahiriza aya mahame, birimo […]

Continuer la lecture

NIDA yatangije ku mugaragaro igikorwa cyo kwandika abaturage muri gahunda y’indangamuntu koranabuhanga

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) bwatangaje ko indangamuntu koranabuganga yagenewe Abanyarwanda, Abanyamahanga baba mu Rwanda n’impunzi. Ni igikorwa cyabereye ahari kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga rya Kigali, i Gikondo. Umuyobozi Mukuru wa NIDA Mukesha Josephine, yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama 2025, uho hatangizwaga ku mugaragaro ubukangurambaga bwiyandikisha muri iyo ndangamuntu. Mukesha yumvikanishije […]

Continuer la lecture