Uko mu rugo rw’umuturage hatahuwe inka zari zaribwe zirimo iyari imaze amezi umunani yarabuze

Mu rugo rw’umuturage wo mu Murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, hasanzwe inka ebyiri zari zaribwe abantu babiri, zatahuwe nyuma yo kumva muri uru rugo habirira inka kandi abaturanyi bazi ko badafite ubushobozi bwo kuzigura. Izi nka zafatiwe mu rugo rw’uwitwa Callixte n’umugore babana witwa Esperance, ruherereye mu Mudugudu wa Nyabiranga, Akagari ka Kamanyenga […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yatangaje ko itazasubira i Doha Leta ya RDC nitarekura abantu bayo

Ihuriro AFC/M23 ryashimangiye ko ridateze gusubiza intumwa zaryo mu biganiro by’amahoro i Doha muri Qatar mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwaba butararekura imfungwa 700. Hashingiwe ku mahame impande zombi zasinyiye i Doha tariki ya 19 Nyakanga 2025, Leta ya RDC yari yemeye kurekura abantu 700 ifunze barimo abanyamuryango ba AFC/M23 n’abakekwaho […]

Continuer la lecture

Amanota ya P6 na 0’ Level y’ibizamini bya Leta bya 2024/25 agiye gutangazwa

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025 by’abo mu mashuri abanza (P6) n’Icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’ Level) azatangazwa ku wa Kabiri tariki ya 19 Kanama 2025. Ni ibyasohotse mu itangazo rya MINEDUC ryo ku Cyumweru tariki ya 17 Kanama 2025, ryanagaragaje ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira […]

Continuer la lecture

Kivu y’Amajyaruguru: ADF yishe abaturage 59 mu minsi itatu

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari ya Lubero ndetse no mu mujyi wa Oicha muri teritwari ya Beni, kuva tariki ya 16 Kanama 2025. Mu […]

Continuer la lecture

Kwirukana abakozi mu buryo bunyuranyije n’amategeko byatumye Qantas icibwa akayabo

Ikigo gikora ubwikorezi bwo mu kirere cyo muri Australie, Qantas, cyaciwe miliyoni 90$ kubera ko mu bihe bya Covid-19, cyirukanye abakozi bagera kuri 1,800 mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Iki gihano ni cyo kinini gihawe ikigo cy’ubucuruzi muri Australie kubera kutubahiriza uburenganzira bw’abakozi, aho Sendika y’Abakozi bo mu bigo bikora ubwikorezi muri icyo gihugu, Australia’s Transport […]

Continuer la lecture

Rusizi: Imodoka bahawe na Perezida Kagame imaze imyaka ibiri mu igaraje

Abanyamuryango ba Koperative Umucyo, igizwe n’abasaza n’abakecuru bo mu Murenge wa Gikundamvura bafata inkunga y’ingoboka, bavuga ko imodoka bari barahawe na Perezida Kagame yo kubafasha kugeza umusaruro ku masoko, ubu yangiritse ndetse ikaba imaze imyaka ibiri mu igaraje na bo bari mu gihirahiro. Mu 2015 Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemereye imodoka aba basaza n’abakecuru […]

Continuer la lecture

Leta ya RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro

Leta ya Qatar yashyikirije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro kugira ngo biwusuzume mbere yo kuwemera. Tariki ya 19 Nyakanga 2025, Leta ya RDC na AFC/M23 byashyize umukono ku mahame abiganisha ku masezerano y’amahoro, bibifashijwemo na Leta ya Qatar. Zimwe mu ngingo zikubiye muri aya mahame zirimo kurekura imfungwa […]

Continuer la lecture

Umujyi wa Kigali wihaye intego yo kwinjiza miliyari 80 Frw mu 2025/26 binyuze mu misoro

Umujyi wa Kigali wiyemeje gukusanya agera kuri miliyari 80 Frw, aturutse mu misoro n’amahoro bitangwa n’abawutuye n’abawukoreramo, bisobanuye inyongera ya 20% mu ngengo y’imari ya 2025/2026 ugereranyije n’umwaka wari wabanje. Umwaka ushize Umujyi wa Kigali wari wihaye intego yo gukusanya agera kuri miliyari 60 Frw mu ngengo y’imari ya 2024/2025, mu gihe byagezweho Umujyi wa […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’ikigo gikora imiti irimo iya kanseri

Ikigo gishinzwe Kugura no Gukwirakwiza imiti mu Rwanda (RMS), cyasinyanye amasezerano n’Ikigo Philex gikora imiti n’ibikoresho by’ubuvuzi muri Qatar, mu kwagura amahirwe yo kugeza imiti y’ingenzi mu Rwanda, harimo ivura kanseri n’indwara z’umutima n’umuvuduko w’amaraso. Umuhango wo gushyira umukono ku masezerano witabiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar Igor Marara, ubwo bufatanye bukaba bubonwa nk’intambwe […]

Continuer la lecture

U Rwanda n’Amerika baganiriye ku butwererane bwa gisirikare

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) zaganiriye ku butwererane mu bya gisirikare busanzweho kandi bukomeje kwaguka binyuze mu nzego zirimo guhererekanya ubumenyi binyuze mu mahugurwa n’imyitozo ya gisirikare, na dipolomasi ishingiye ku mutekano. Ibyo biganiro byahuje Umugaba w’Ingabo Zirwanira ku Butaka Maj Gen Vincent Nyakarundi n’Umuyobozi Mukuru w’Inama y’Ubuyobozi bwa Gisirikare […]

Continuer la lecture

Ubuhamya bwa Brig Gen Faye uri mu basirikare ba Loni banze gutererana Abatutsi muri Jenoside

Brig. Gen. Faye Hadji Babacar yavuze ko ubwo hafatwaga icyemezo cyo gukura MINUAR mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, hari abasirikare bahisemo kuhaguma binyuranyije n’itegeko bari bahawe. Uyu musirikare ukomoka muri Sénégal, ari mu bahoze ari ab’Umuryango w’Abibumbye b’Abanyafurika bari mu butumwa mu Rwanda mu 1994. Ku itariki ya 7 Mata 1994, u […]

Continuer la lecture