Amerika yatanze icyizere cy’isinywa ry’amasezerano hagati ya RDC na AFC/M23
Umujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubufatanye na Afurika, Massad Boulos yatangaje ko ibiganiro hagati ya RDC na AFC/M23 biri kuba bifashijwemo na Qatar nk’umuhuza biganisha ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro azatuma abatuye mu karere babaho neza. Boulos abinyujije kuri X yavuze ko Amerika ishimishijwe n’uko ibiganiro hagati ya Repubulika Iharanira […]
Continuer la lecture
