Diddy ateganya gusaba gufungirwa mu rugo rwe

Abunganira umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs, wamamaye cyane mu muziki n’ubucuruzi mu Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bateganya gusaba ko mu gihe yaba yakatiwe yafungirwa iwe mu rugo, aho kugumana n’izindi mfungwa. TMZ yangaje ko Marc Agnifilo uyoboye itsinda ry’abunganira uyu muraperi, yavuze ko kimwe mu bituma batekereza batya, ari uko uyu muraperi akeneye kwitabwaho byihariye […]

Continuer la lecture

Jose Chameleone yifurije Weasal gukira vuba

Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba yahaye ubutumwa murumuna we Weasel urwaye amwifuriza gukura vuba. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umuvandimwe we kwa muganga maze ayiherekeresha amagambo, agira ati: “Uri igihangange muvandimwe wanjye, senga kandi ukomere, umere neza vuba. Turagukunda.” Amakuru y’igongwa rya Weasel yamenyekanye […]

Continuer la lecture

Uganda: Teta Sandra yarekuwe

Teta Sandra wari umaze amasaha ari guhatwa ibibazo na Polisi yo muri Uganda nyuma yo gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwigongera umugabo ku bushake, yarekuwe nyuma yo gusabirwa imbabazi n’abarimo umugabo we. Amakuru akomoka ku umwe mu nshuti za hafi za Teta Sandra, ahamya ko yarekuwe nyuma y’uko Weasel ndetse n’umuryango we basabye ko arekurwa. Teta […]

Continuer la lecture

Uganda: Sandra Teta yafunzwe akekwaho kugonga umugabo we (Weasel) ku bushake

Iperereza ry’ibanze ryakozwe na Polisi, ryagaragaje ko ibi byabereye mu kabari ka Shan gaherereye Munyonyo mu Mujyi wa Kampala, nyuma y’amakimbirane akomeye hagati yabo bombi. Teta Sandra ufungiye kuri Polisi yo mu gace ka Kabalagala, yavuze ko Weasel yari yiriwe amutonganya ndetse amwirukanana n’abana mu rugo. Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke […]

Continuer la lecture

Yatashye yirahira u Rwanda kubera ingagi, imbamutima z’umunyamakuru Robin Roberts wari wakoreye ibirori mu Rwanda

Umunyamakuru wamenyekanye cyane mu kiganiro Good Morning America, Robin Roberts, uheruka kwizihiriza mu Rwanda isabukuru y’imyaka 20 amaze ari kumwe n’umukunzi we, Amber Laign, yasubiye iwabo muri Amerika avuga imyato ingagi n’ibindi bikorwa yabonye birimo umuganda. Yabigarutseho mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa YouTube rwa Good Morning America. Muri aya mashusho hari ayo agaragaramo yasuye […]

Continuer la lecture

Patrick Nyamitari, umwe mu bahaye isura igitaramo “Umuganura gakondo Night”

Umuhanzi wakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Patrick Nyamitari, yatunguranye mu gitaramo Umuganura gakondo Festival akumbuza abitabiriye indirimbo yakunzwemo cyane. Hashize imyaka itari mike Patrick Nyamitari atagaragara mu bitaramo ibituma abakunda ibihangano bye barushaho kumukumbura. Byabaye mu ijoro ry’itariki 03 Kanama 2025, ubwo Mustapha Kiddo wateguye icyo gitaramo yasabwe kugira icyo abwira […]

Continuer la lecture

Trump yagarutse ku byo kubabarira P. Diddy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko kubabarira P. Diddy bitoroshye, cyane ko uyu mugabo bigeze gusangira, ariko akaza kumuhinduka agatangira kumuvugaho amagambo atari meza. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Rob Finnerty wa Newsmax, Trump yavuze ko P.Diddy “asa nk’aho ari umwere igice”, nyuma yo guhamywa ibyaha bibiri muri bitanu yashinjwaga, ku […]

Continuer la lecture

Sherrie Silver yagaragaje ahazaza yifuza ku bana arera

Sherrie Silver uri mu babyinnyi b’Abanyarwanda bamaze kubaka izina ku Isi, yasobanuye ko impamvu ari kwibanda mu gufasha abana babarizwa mu muryango yatangije yise ‘Sherrie Silver Foundation’, ari uko ashaka ko bazahindurira ubuzima ababyeyi babo n’abazabakomokaho. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, aho yasobanuraga impamvu asa nk’uwahinduye umuvuno muri iki gihe, aho kwibanda ku kubyina ahubwo […]

Continuer la lecture

Rutakisha, izina ry’Album ya Ruti Joel ishobora kugeza Gakondo ku rwego mpuzamahanga

Niba hari ikintu kiri kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Kigali muri iki gihe, ni amashusho agaragaza umuririmbyi wa Gakondo, Ruti Joel, arimo kubyina indirimbo ye yakunzwe cyane yitwa “Cyane”. Iyo ndirimbo isangiza abumva umwimerere w’umuco nyarwanda uvanzemo injyana ya Afrobeat yo muri Afurika y’Uburengerazuba, ikerekana ubuhanga bwa Ruti bukomeje gutera imbere no kwiyemeza kwe […]

Continuer la lecture

Ese Madebeats yaba agiye gusimbura Element muri 1:55AM?

Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, akaba n’umuhanga mu gutunganya injyana n’amajwi, Madebeats, ashobora kugaruka i Kigali, aho ibiganiro byo gusubira muri 1:55AM Record Label bigeze kure Ibihuha ku igaruka rya Madebeats byatangiye gukwirakwira nyuma y’uko Umuyobozi wa 1:55AM, Kenny Mugarura, ashyize ubutumwa bw’amayobera kuri Instagram, buvuga ku kugaruka kwe, butinze gato butangira kuganirwaho cyane n’abakunzi […]

Continuer la lecture

Oldies Music Festival, kimwe mu bitaramo byatanze ibyishimo ku munsi w’ejo

Ku nshuro ya Gatanu muri Kigali habereye igitaramo cy’Iserukiramuco “Oldies Music Festival” cyari kigamije gukumbuza abantu umuziki, imyambarire n’ibindi byakanyujijeho hambere. Ni mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku Gatandatu tariki 26 Nyakanga 2025, muri Kigali Universe, aho cyitabiriwe n’abatari bake. Iri serukiramuco ryahuriyemo abavanga imiziki bamenyerewe mu Rwanda barimo DJ RY ufite agahigo ko […]

Continuer la lecture