Iminsi itatu gusa yarihagije ngo Amatike y’igitaramo cya King james abe ashize kwisoko.

Nyuma y’iminsi itatu hashyizwe ku isoko amatike y’igitaramo cya King James, yashize ku isoko mu gihe hasigaye amezi atatu ngo igitaramo cy’uyu muhanzi kibe ku wa 1 Kanama 2026. Aya matike yashyizwe ku isoko ku wa 2 Gicurasi 2026 yashize ku isoko kuri uyu wa 5 Gicurasi 2026, byemeza ko acurujwe iminsi itatu gusa akaba […]

Continuer la lecture

Umuhanga mu kuvanga imiziki DJ Toxxyk yafunguwe.

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk ibyaha yari akurikiranyweho, rumuhanisha gutanga ihazabu ya 1.050.000 Frw no gukora imirimo y’inyungu rusange mu gihe cy’amezi atatu ariko asubitse mu gihe cy’amezi atandatu. Urukiko Rwategetse ko DJ Toxxyk ahita arekurwa icyemezo cy’Urukiko kikimara gusomwa. DJ Toxxyk yari akurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi […]

Continuer la lecture

Undi munyamakuru ukomeye yasezeye kuri television yakoragaho.

Umunyamakuru Rugemana Amena uzwi nka Babu mu biganiro by’imyidagaduro, yemeje ko yasezeye mu kiganiro yakoraga ku Isibo TV, ndetse no kuri iki gitangazamakuru yari amazeho imyaka ine. Amakuru y’isezera rya Babu mu kiganiro ‘The Choice Live’, yari amaze iminsi avugwa, ariko nyiri ubwite ntacyo arabitangazaho, kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 01 […]

Continuer la lecture

Uganda: Abahanzi bagiye kujya bahembwa buri uko ibihangano byabo bicuranzwe

Muri Uganda hatangiye gushyirwaho utwuma dukurikirana uko indirimbo z’abahanzi zicurangwa, kugira ngo bibafashe guhembwa amafaranga akwiye, ku bihangano byabo byacuranzwe. Kuba abahanzi bakora ibihangano ariko ntibinjize uko bicuranzwe, ni ikintu cyahoze kigaragara ko ari kimwe mu bituma badatera imbere cyangwa ugasanga umuhanzi abaye icyamamare ariko yazagera mu zabukuru akabaho mu buzima bumugoye bwiganjemo ubukene. Mu […]

Continuer la lecture

Ese Alliah Cool yateye gapapu Mutesi Jolly kwa Lugumi?

Amakuru ari kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga agaragaza impinduka zikomeye mu mubano w’ibyamamare bitatu. Mutesi Jolly na Saidi Lugumi bombi ntibagikurikirana kuri Instagram, ibintu byakuruye ibitekerezo byinshi mu bakoresha izi mbuga. Ibi bibaye nyuma y’uko Saidi Lugumi agaragaje ku mugaragaro amarangamutima afitiye Alliah Cool, aho yamwise “rukundo rwanjye” mu gitekerezo yashyize ku ifoto ye. Uyu […]

Continuer la lecture

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane.

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane, akaba ari we wa mbere abyaranye n’umukunzi we Jada Wallace. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ry’itariki 26 Mata 2026, Jada yagaragaje amafoto ateruye uruhinja ari mu bitaro. Bikuraho urjijo ku bibazaga niba koko atwite. Nubwo Wallace atigeze avuga Chris Brown mu buryo butaziguye, […]

Continuer la lecture

Ubwiza bw’inzu ya Mutesi Jolly mu bikomeje kwugarukwaho Ahantu hose.

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali, ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’ubwiza n’imiterere yayo igezweho. Iyi nzu igeretse Gatatu yubatswe ku buso bugari, ikaba irimo ibyumba byo kuraramo bitanu birimo icy’umwihariko cya nyirayo cyubatse mu buryo bugezweho […]

Continuer la lecture

Marina yamaganye Bad Rama wamwise umukobwa we.

Umuhanzi Marina yihanije Bad Rama amwibutsa ko ntaho bagihuriye ku buryo yavanga izina rye mu murongo mubi yahisemo w’ibikorwa byo guharabika u Rwanda anibasira abayobozi barwo. Bad Rama yifashishije imbuga nkoranyambaga, yasangije abamukurikira ifoto ya Marina ahamya ko ari umukobwa we nubwo batagikorana. Ati “Ni umukobwa wanjye, ntacyabihindura […] icyo nshaka kubabwira ni uko ari […]

Continuer la lecture

Umuhanzi Yago Pon dat arwariye mu bitaro muri Uganda.

Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi mu muryango yanditse kuri konti ya Instagram y’uyu muhanzi ashimira Imana ko yamurokoye iyi mpanuka yashoboraga no kumuhitana, ndetse asaba abafana be kumusengera. Iyi mpanuka yangije imodoka uyu muhanzi yari arimo yabaye ku […]

Continuer la lecture

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka.

Element EleéeH umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateguje abakunzi be indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi barimo Bien wo muri Kenya na Joshua Baraka wo muri Uganda. Element EleéeH ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho ari gukorera indirimbo abahanzi barimo Meddy, Emmy na Shaffy. Ubu yamaze guteguza indirimbo ye nshya yise ‘Ayayaah’ […]

Continuer la lecture

The Ben amaze iminsi arembeye mu bitaro.

Umuhanzi The Ben amaze iminsi ari mu bitaro kuva mu rukerera rwo ku wa Mbere, aho ari kwitabwaho n’abaganga nyuma yo kuremba mu ijoro ryo ku Cyumweru. Amakuru aturuka ku nshuti ze za hafi avuga ko ku Cyumweru yatangiye kugaragaza ko atameze neza, ariko uko amasaha yicumaga agenda arushaho kuremba kugeza ubwo ajyanwe kwa muganga […]

Continuer la lecture