Gen. Muhoozi yashimangiye ko ashyigikiye Israel mu ntambara ya Iran.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ari inyuma ya Israel mu ntambara iki gihugu kigiye kumara ukwezi gihanganyemo na Iran ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yabitangaje mu gitondo cyo ku wa 26 Werurwe 2026 mu butumwa bwinshi uyu muyobozi yabyutse ashyira kuri X. Ati “Twifuza ko intambara yo […]
Continuer la lecture
