Umuvugizi wa RIB Dr Murangira bibukije abanto ko “Kwitaba Ubugenzacyaha ni itegeko si ubusabe”.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry, yibukije abaturarwanda ko iyo umuntu ahamagawe n’Umugenzacyaha ku mpamvu z’iperereza ategetswe kumwitaba, kuko kutabikora bigira ingaruka zo kuzanwa ku gahato nk’uko biteganywa n’itegeko. Mu kazi ka buri munsi, Urwego rw’Ubugenzacyaha cyangwa Ubushinjacyaha buhamagaza abantu batandukanye hahamijwe gushaka amakuru afasha mu iperereza ku byaha ngo hamenyekane ukuri […]
Continuer la lecture
