Alex Iwobi agiye gusezera mu ikipe y’igihugu ya Nigeria

  Alexandre Chucka Iwobi uzwi nka Alex iwobi ukina mu kibuga hagati asatira agiye gusezera mu ikipe y’igihugu ya Nigeria kubera gutukwa cyane n’abafana ba Nigeria    Ibi byahise bituma asiba amafoto ye yose yari afite ku rukuta rwe rwa instagram   Byatewe nuko ikipe y’igihugu ya Nigeria itsindiwe kuri final y’igikombe cya Afurika itsinzwe […]

Continuer la lecture
MONUSCO1

RDC: Abakozi ba LONI, EU,Ambassade y’u bufaransa na Amerika mu mazi abira

  Umukuru w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo aravuga ko abakozi ba ONU n’imodoka barimo baguye mu gico bamishwaho urusasu mu murwa mukuru Kinshasa, ambasade y’Ababiligi, abafaransa, Amerika ndetse n’umuryango w’Ubumwe bw’I Bulayi nazo ziri mu bibazo Ni mu gihe hakomeje intambara mu burasirazuba bw’icyo gihugu ituma umwuka wo kwamagana ingabo LONI […]

Continuer la lecture

Rick Ross yatangaje urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa yemera.

Rick Ross nyuma y’uko abahanzi benshi bo muri Africa batishimiye uko itangwa ry’ibihembo bya grammy awards   byagenze, yafashe umwanya atangaza urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa akunda kandi yemera.         Umuraperi William Leonard Roberts w’imyaka 48 wamenyekanye nka Rick Ross azwiho kutarya indimi kandi akaba umwe mu baraperi badatinya kuvugira m’uruhame no gutanga […]

Continuer la lecture

Rayvanny America ikomeje kumuryohera.

Umuhanzi wo muri Tanzania Rayvanny akomeje kuryoherwa na America kuko nyuma yo gusura studio ya Micheal Jackson yanahuye na Maruma banasubiranyemo indirimbo.         Raymond Shaban uzwi ku izina rya Rayvann ku itariki 4 gashyantare 2024 mu ijoro ryo ku cyumweru muri Leta zunze ubumwe za America hatanzwe ibihembo bikuriye ibindi aribyo grammy […]

Continuer la lecture

Miss Japan yeguye nyuma y’iminsi 16 atsindiye ikamba ry’ubwiza.

Miss wo mu Gihugu cya Japan, yitwa Karolina Shiino yeguye kuri uyu mwanya yari yaratorewe akambara ikamba marushanwa y’ubwiza, nyuma y’iminsi 16.           Uyu mukobwa  yegukanye ikamba ry’ubwiza kuwa 22 mutarama 2024, nyuma y’uko bitavuzweho rumwe, kubera akomoka muri Ukraine. Ibi byatumye aba umunyaburayi wa mbere wabaye Miss muri Japan, ibyo […]

Continuer la lecture

Itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards byaherekeshejwe imijugujgu.

Mu ijoro ryo kuwa kane gashyantare 2024 nibwo hatanzwe ibihembo bitegurwa na Recording Academy bizwi nka Grammy Awards bitangirwa Crypto Arena muri Los Angeles bisanzwe bitavugwaho rumwe mukubitanga ariko kuri ubu noneho byafashe indi ntera kuko bamwe mu bahanzi banafite amazina akomeye ku Isi batariye indimi barimo abaraperi  bakomeye nka Jay z, Drake, Meek Mill […]

Continuer la lecture

The Ben yateye imitoma umugore we Uwicyeza Pamella.

Kuri uyu wa gatatu  tariki ya 31 mutarama 2024 nibwo  Uwicyeza Pamella yagize isabukuru y’amavuko maze umugabo we The Ben aramutomagiza karahava.                 The Ben yafashe umwanya ahamya urwo akunda umugore we Uwicyeza Pamella, ni mu butumwa yanyujije k’urukuta rwe rwa Instagram aho yanditse amagambo menshi  y’urukundo aho […]

Continuer la lecture

Ni iki wagakoze mu gihe ubyutse kugirango ugire umunsi mwiza?

Kenshi Abantu ducurika ibintu cyangwa se tukibwira ibitari byo  kubwo kumva ibintu bitandukanye hirya no hino ku mbugankoranyambaga cyangwa se wenda ahandi ubyumvira, kuko bavuga byinshi bitandukanye rero bituma bicanga benshi bikanabatera kutabikurikiza kugirango bagire umunsi mwiza, niyo mpamvu rero tugiye kurebera hamwe iby’ibanze wagakoze mu gihe ubyutse bikagufasha kugira umunsi mwiza.       […]

Continuer la lecture

Davido yamaze kugera k’urutonde rwa Billbord Hot 100.

Kabuhariwe mu muziki wa Nigeria Davido ubu nawe yamaze kugera ku gahigo kari gasanganywe na Rema,C kay , Wiz Kid n’abandi.           Davido umwe mu bahanzi bagezweho muri Nigeria nahandi ku Isi mu njana ya Afro beats n’izindi kandi akaba n’umwe mubamaze kwigarurira imitima ya benshi ndetse nabo bakabimwereka, urugero rwa […]

Continuer la lecture

Ayra Starr ati Mama ampozaho ijisho.

Ayra Starr umuhanzi kazi wo muri Nigeria  ugezweho cyane, yahishuye ukuntu burya Mama we amuhozaho ijisho nubwo benshi bamubona nkufite uburenganzira busesuye kuri we.           Umuhanzikazi Oyinkansola Sarah Aderibibge wamamaye nka Ayra Starr yahishuye ukuntu Nyina umubyara amuhozaho ijisho kuri buri kantu kose akoze. Ayra Starr ngo ntashobora kugura isakoshi ihenze […]

Continuer la lecture

Icyo Abagabo barengeje imyaka 50 bagakwiye gukora.

Kenshi  kuri benshi yewe nabakiri bato usanga yicara agatekereza ukuntu mu myaka mirongo itanu azaba ameze, agatekereza ibyiza byose azaba yaragezeho nko kuzaba yarabyaye umwana we w’imfura arimo kuminuza, urugo rwiza azaba afite, akazi keza k’inzozi ze, icyubahiro mu bantu n’ibindi. ariko  sikenshi Abntu batekereza ndetse ngo bapange uburyo bwiza bwo kuzita k’umibiri yabo kugira […]

Continuer la lecture