Indege ya Uganda yarashe abasirikare ba RDC umwe acika amaguru

Indege y’intambara ya Uganda, Sukhoi-30, kuri uyu wa 16 Mutarama 2024 yarashe ku birindiro by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri hafi y’umuhanda wa Eringeti-Komanda mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyatangaje ko cyahawe amakuru yizewe cyane, avuga ko habaye kwibeshya, iyi ndege irasa ku basirikare ba RDC, umwe muri […]

Continuer la lecture

Abantu batanu batuma abakene biyongera ku Isi

Umuryango Oxfam watangaje ko kuva mu 2020, amafaranga y’abaherwe batanu bakize ku Isi wiyongereye hafi yo kwikuba kabiri, mu gihe abakene bakabakaba miliyari eshanu bakennye kurushaho. Raporo y’uyu muryango yasohotse ku wa 15 Mutarama 2024, igaragaza ko utewe impungenge n’uko ubukene bwiyongera, usobanura ko bukomeje kuri uyu muvuduko, n’iyo byatwara imyaka 229 kuburandura bitashoboka. Umuyobozi […]

Continuer la lecture

Igisirikare cya SADC na FARDC cyatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23

Igirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 zifatanyije n’iza SADC.   Byemejwe na Lt Gen Fall Sikabwe usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubwo kuri uyu wa Kabiri yari ayoboye inama yahuje FARDC n’ingabo za SADC.   Yavuze […]

Continuer la lecture

Nyuma y’uko Bushali avuze ko atazi Minisitiri w’Urubyiruko yamusuye mu biro

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yakiriye ndetse anagirana ibiganiro byihariye n’Umuraperi Bushali uri mu bahagaze bwuma mu muziki w’u Rwanda. Guhura kwa Minisitiri Dr Utumatwishima na Bushali kwabayeho nyuma y’amagambo yaherukaga gutangazwa n’uyu muraperi amugarukaho. Ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Yago Pon Dat cyabereye muri Camp Kigali ku wa 22 Ukuboza […]

Continuer la lecture

Hamenyekanye abantu 33 u Uburundi bushaka ko u Rwanda ruboherereza

Kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mutarama 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko igihugu cy’Uburundi cyafunze imipaka yacyo yose igihuza n’u Rwanda. Ni mu gihe u Rwanda rwo rwavuze ko rwamenyeye ayo makuru mu bitangazamakuru, ariko ko icyo cyemezo cyibangamiye ubuhahirane bw’ibihugu byombi ndetse n’amahame agenga umuryango w’Afrika w’Iburasirazuba. Umwanzuro wo gufunga imipaka, uje nyuma […]

Continuer la lecture

Kylian Mbappe atangaje igihe azajya muri Real Madrid

Kylian Mbappé yamaze kumvikana na Real Madrid ko azayerekezamo mu mpeshyi, nyuma y’amezi 18 ayiteye utwatsi akemera kongerera amasezerano Paris Saint-Germain.   Mbappé amaze igihe kinini yifuzwa bikomeye na Real Madrid ndetse amakuru avuga ko iyi kipe yamusabye gufata umwanzuro muri Mutarama 2024.   Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo uyu rutahizamu w’ikipe yo mu […]

Continuer la lecture

Umunye_DR Congo Martin Bakole yakoze amateka Yo kuba umunyafurika wabaye uwa mbere ku isi mu iteramakofe. Ni muntu ki?

Umunye-Congo Martin Bakole yafashe umwanya wa mbere ku isi mu iteramakofe mu cyiciro cy’abaremereye cya World Boxing Association (WBA), bikaba byamugize umunyafurika wa mbere ufashe uyu mwanya.   Martin Bakole Ilunga w’imyaka 30 wavukiye mu mujyi wa Kananga mu ntara ya Kasai-Central ubu afite umuhigo w’imikino 20 amaze gutsinda agatsindwa umwe gusa yatsinzwemo na Michael […]

Continuer la lecture

“Tshisekedi ntabwo ari Perezida mu bice tugenzura.” M23 yasohoye itangazo  

Umutwe wa M23 uharanira impinduka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), watangaje ko mu bice ugenzura abaturage bavukijwe amahirwe yo gutora bityo ko Perezida Tshisekedi batazigera bamwemera nka Perezida waho.   Ni ubutumwa M23 yatanze ibinyujije mu itangazo yasohoye ku wa Kabiri tari ya 02 Mutarama 2024.   Iryo tangazo ryashyizweho umukono na Perezida […]

Continuer la lecture

RIB yasabwe kutongera kwerekana mu ruhame abatarahamwa n’ibyaha

Urukiko rw’Ikirenga rwagaragaje ko inzego z’iperereza zirimo Ubushinjacyaha n’Ubugenzacyaha zitari zikwiye kwereka itangazamakuru abakurikiranyweho ibyaha hubahirijwe ihame ry’uko umuntu afatwa nk’umwere igihe cyose icyaha kitaramuhama.   Ibi byagarutsweho n’Urukiko rw’Ikirenga mu rubanza rw’Umunyamategeko, Me Murangwa Edward, yari yarezemo Leta agaragaza ko hari ingingo z’amategeko agenga Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha zinyuranyije n’Itegeko Nshinga.   Urukiko rw’Ikirenga rwemeje […]

Continuer la lecture

Bwa mbere habonetse uburyo wakoresha ukamenya igihe uzapfira

Abashakashatsi bo muri Denmark bavumbuye uburyo bw’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano bwiswe life2vec bushobora kugaragaza ibihe byaranze ubuzima bw’umuntu n’igihe ashobora kuzapfira. Mu bushakashatsi bwabo bagaragaje ko mu gihe life2vec ikoresha amakuru atomoye yerekeye uko umuntu ariho mu bihe by’ubu, igaragaza ibyo azahitamo gukora mu bihe bizaza n’uko ubuzima bwe bwose buzagenda kugeza apfuye. Umwarimu muri Kaminuza […]

Continuer la lecture

Tshisekedi akomeje kurusha abandi amajwi bimuha amahirwe yo gukomeza kuyobora RDC

Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kwanikira bagenzi be bahataniye umwanya w’Umukuru w’Igihugu. Tariki ya 22 Ukuboza 2023 ni bwo Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDC, CENI, yatangaje umusaruro wa mbere wavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu; ihereye ku batoreye hanze, mu bihugu bitanu. CENI yerekanye ko mu Bufaransa, Tshisekedi yagize amajwi […]

Continuer la lecture