RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”.
Nyuma y’uko Shaddy Boo atabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable, benshi bazi nka Yugi Umukaraza, amushinja kumusambanya ku gahato, uru rwego rwemeje ko rwakiriye iki kirego. Kuri uyu wa 22 Kamena 2026 ni bwo Shaddy Boo yashyize ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa butabaza RIB, nyuma ahamya ko yasabwe kujya kwa muganga […]
Continuer la lecture
