Nyabihu: inzego z’umutekano ziri gushakisha umugabo ukekwaho kwica umugore we amukase ijosi.

Ahishakiye Théogène w’imyaka 40 wo mu Karere ka Nyabihu arimo gushakishwa, akekwaho kwica umugore we witwa Uwanyagasani w’imyaka 26, amukase ijosi akoresheje umuhoro. bi byabereye mu Murenge wa Karago, Akagari ka Kadahenda ho mu mudugudu wa Gihira, ku wa 7 Gicurasi 2026. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, SP Sylvestre Twajamahoro, yahamije aya […]

Continuer la lecture

Shakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi.

Mu gihe isi y’umupira w’amaguru ikomeje kwitegura Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Amerika, Canada na Mexico, umuhanzikazi Shakira yamaze gukura urujijo ku ndirimbo nshya yari amaze iminsi ateguza, ahamya ko ari yo ndirimbo yihariye ya ‘FIFA World Cup 2026’ ndetse anayihuriramo n’icyamamare muri Afrobeats, Burna Boy. Ni inkuru yatunguye benshi ndetse ikomeza kongera ibyishimo […]

Continuer la lecture

Abanyeshuri babiri b’abakobwa bari mu maboko ya RIB bazira gukomeretsa umuyobozi.

Abana babiri b’abakobwa biga mu Ishuri EAV Gitwe ryo mu Karere ka Ngoma, batawe muri yombi nyuma yo gukubita umukozi ushinzwe imyitwarire y’abakobwa (Animatrice) muri iri shuri, bakamukomeretsa mu mutwe. Iki gikorwa cy’urugomo gikekwa kuri aba bana, cyabaye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane tariki indwi Gicurasi 2026 mu Murenge wa Rukira ahaherereye iri […]

Continuer la lecture

Marco Rubio yagiriye uruzinduko i Vatican rugamije guhosha umwuka mubi Hagati ya Trump ba Papa Leo‎ XIV

Umunyamabanga wa Leta wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yagiranye ibiganiro n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV,  byamaze iminota 30 i Vatican, ni mu ruzinduko rwari rugamije kugabanya umwuka mubi hagati ya Perezida Donald Trump na Papa kubera intambara yo muri Iran.‎‎Rubio, usanzwe ari umuyoboke w’Itorero Gatolika ukomeye, yarafite uru […]

Continuer la lecture

Yabeshye abaturage ko azabazanira amabuye mu isanzure.

Polisi ya Uganda yatangaje ko yafashe umugabo witwa Jonathan Ahimbisibwe wo mu gace ka Makindye, akurikiranyweho ibikorwa byo kwiyitirira umwuga w’umuhanga mu by’isanzure (astronaut) kugira ngo ashuke abaturage. Uyu mugabo ashinjwa kwakira amafaranga y’abantu batandukanye ababwira ko ashobora kubagezaho amabuye akomoka ku kwezi. Polisi ivuga ko ayo masezerano yakoreshwaga nk’amayeri yo kubambura amafaranga. Bamwe mu […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yasabwe ibisobanuro ku bibazo uruhuri biri mu buhinzi.

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, yasabye Minisitiri w’Intebe kuyigaragariza uko Guverinoma izakemura ibibazo bikigaragara mu ishoramari mu rwego rw’ubuhinzi. Byagarutsweho kuri uyu wa 6 Gicurasi 2026 ubwo Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi yagezaga ku Nteko Rusange raporo yakozwe ku isesengura rya raporo y’ibikorwa bya Banki Nkuru y’u Rwanda byo kuva ku itariki ya mbere Nyakanga 2024 kugeza […]

Continuer la lecture

Ku nshuro ya mbere ye, Umuhanzi Olamide agiye gutaramira i Kigali.

Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026. Iki gitaramo kiswe ‘‘Party Next Door: BAL Edition”. Kizabera muri Zaria Court ku bufatanye na RwandAir, Visit Rwanda ndetse na BAL. Olamide […]

Continuer la lecture

Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’udi mugore nyuma yo gutandukana na Muyango.

Nyuma y’igihe havugwa amakuru y’uko yaba atabanye neza n’umugore we Muyango Claudine, Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’umugore uba muri Australia wemeje ko banafitanye abana b’impanga. Ibi uyu wahoze ari umukinnyi wa ruhago n’uyu mugore ubusanzwe inshuti ze zizi nka Nana, babigarutseho mu kiganiro cya ‘Live’ kuri TikTok bagiranaga n’uwitwa GodFather. Muri iki […]

Continuer la lecture

Aimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yapfuye.

Urwego rushinzwe amagereza mu Rwanda rwatangaje ko Aimable Karasira yapfiriye mu bitaro bya Nyarugenge i Kigali. Mu itangazo ryashyizwe hanze tariki ya 07 Gicurasi 2026, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igororero (RCS) ruvuga ko Karasira “yafashwe anywa ingano irengeje igipimo cy’imiti ye y’uburwayi bwo mu mutwe yari asanzwe anywa. RCS ivuga ko itegereje “raporo y’abaganga ku […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yatsinzwe na AS Muhanga, Abafana bataha barakariye abakinnyi babo.

AS Muhanga yatsinze Rayon Sports igitego kimwe ku busa maze amahirwe yo gusatira APR FC agenda agananuka. Hari mu mukino w’umunsi wa 30 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2025-26 aho AS Muhanga yari yakiriye Rayon Sports. Igitego kimwe cya Twizeyimana Martin Fabrice cyo ku munota wa mbere kuri kufura ku […]

Continuer la lecture